Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, bibaza ku murongo mushya yafashe wo guharabika abayobozi no kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse n’icyaba cyabimuteye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
23 February, by Bukuru JC -
Iyobokamana nk’inkingi ya FDLR: Ukwemera kwahinduwe intwaro y’iterabwoba
24 February, by Musangwa ArthurIyobokamana ryabaye imwe mu nkingi z’ingenzi umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukoresha mu kuyobya no kugumisha abarwanyi bayo mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyobokama ryunganira ibikorwa bya gisirikari n’ibya politiki. Si ukwemera kwigisha amahoro n’ubutabera, ahubwo kwahinduwe igikoresho cy’intambara, kigamije kugoreka ubwenge, gutera ubwoba no gukomeza urugomo.
-
Perezida Kagame ategerejwe muri Kenya
11 May, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame ategerejwe muri Kenya mu nama y’ubufatanye bw’ibihugu bya Afurika n’u Bufaransa iri kubera i Nairobi kuri uyu wa 11, ikazakomeza no ku wa 12 Gicurasi 2026.
-
Umusanzu wa Mituweli wiyongereye
24 February, by Nshimiyimana Jean BaptisteIteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu.
-
Kongera serivisi bahabwa no gukuba kabiri imiti: Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe
25 February, by Hakizimana Jean PaulMinisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, byasobanuye ko kuzamura imisanzu ya Mituweli byaturutse kuri serivisi nyinshi z’ubuvuzi zongerewe kuri ubu bwisungane ndetse no kuba imiti yatangwaga igiye kwikuba hafi kabiri.
-
Abanyamategeko ba Nshimiye ukekwaho uruhare muri Jenoside babeshye ko bafungiwe mu Rwanda
25 February, by Ntabareshya Jean de DieuAbanyamategeko ba Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagombaga gutangira kuburanishwa muri Werurwe 2026, aho ari muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, basabye ko urubanza rwasubikwa kuko hari ibimenyetso bagikusanya.
-
Inteko yemeje ingengo y’imari ya 2025/2026 ivuguruye
26 February, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite yemeje bidasubirwaho ingengo y’Imari y’umwaka wa 2025/2026 ivugururuye, aho yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw ku yari yemejwe mbere, ikagera kuri miliyari 6.952 Frw.
-
Perezida Kagame yageze muri Kenya
11 May, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yageze i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026, aho yitabiriye inama y’ubufatanye bwa Afurika n’u Bufaransa yahawe izina ‘Africa Forward Summit’ iyoborwa na Dr. William Samoei Ruto na Emmanuel Macron.
-
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wateguwe na Perezida Ruto
12 May, by IGIHEPerezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi Bakuru b’Ibihugu mu musangiro wateguwe na Perezida wa Kenya William Ruto na madamu we bagamije guha icyubahiro Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bitabiriye inama yiswe ‘Africa Forward Summit.’
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
25 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
IGIHE