U Rwanda ni kimwe mu bihugu bike bya Afurika bigaburira abanyeshuri bose ku mashuri, baba abiga bataha n’abiga baba mu bigo. Ifunguro rigenerwa umwana wo mu mashuri abanza ryari rifite agaciro ka 150 Frw mu myaka yashize ariko ubu rigeze kuri 230 Frw.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwongereye agaciro k’ifunguro umunyeshuri agenerwa ku ishuri
28 February, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
BNR yarangije igerageza rya mbere ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga
27 February, by IGIHEBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yarangije igerageza rito ryitwa “Proof of Concept” ryakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’Ifaranga-Koranabuhanga rya Banki Nkuru (Central Bank Digital Currency - CBDC), ryiswe e-Franc Rwandais (e-FRW).
-
Perezida Kagame yaganiriye na Daniel Chapo ku bufatanye mu by’umutekano
14 May, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo baganira ku nzego z’ubufatanye zirimo ubutwererane mu by’umutekano, ubucuruzi n’ishoramari.
-
Amerika yagabye igitero simusiga kuri Iran, ibihugu by’inshuti bibigenderamo
28 February, by Jean de Dieu TuyizereMu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Gashyantare 2026, mu murwa mukuru wa Iran, Tehran no mu yindi mijyi ikomeye nka Isfahan, Karaj na Kermanshah humvikanye urusaku rwinshi rw’ibisasu.
-
Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni icyaha cy’intambara- Senateri Evode
2 March, by Ntabareshya Jean de DieuAbasesenguzi mu bya Politiki barimo Senateri Uwizeyimana Evode, bagaragaza ko urupfu rw’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, rushobora gufatwa nk’icyaha cy’intambara ku buyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarenze nkana ku gahenge.
-
Romeo Ngarambe yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA
2 March, by IGIHERomeo Ngarambe yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane, CMA, mu gihe rukomeje gushyira mu bikorwa gahunda zo kubaka isoko ritajegajega, riha bose amahirwe y’ishoramari rirambye kandi rikagira uruhare mu kuzamura ubukungu bw’igihugu.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida Oligui Nguema na Perezida wa AfDB, Dr. Sidi Ould Tah
14 May, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayobozi banyuranye barimo Perezida wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema na Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, Dr. Sidi Ould Tah baganira ku ngingo zitandukanye zirimo guteza imbere ishoramari mu Rwanda.
-
U Rwanda rwamaganye ibihano bibogamye Amerika yafatiye RDF n’abasirikare bakuru
2 March, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye RDF na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo bidashingiye ku kuri kw’ibiba mu ntambara imaze imyaka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yagaragaje umusaruro wo gushora imari mu buhanzi
15 May, by IGIHEPerezida Kagame yitabiriye inama ya ‘Global Citizen NOW Summit’ agaragaza ko gahunda ya Move Afrika ari imwe mu zizafasha uyu mugabane kugera ku ntego zo kubyaza urwego rw’ubuhanzi amafaranga.
-
U Rwanda rwavuze ku ngaruka intambara ya Amerika na Iran ishobora kugira ku bukungu bwarwo
3 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi kuko ibikomoka kuri peteroli byinshi Isi ikoresha bica mu muhora wa Hormuz ubu wamaze gufungwa, ariko ahamya ko u Rwanda rwafashe ingamba zizatuma ingaruka zidahita zigera ku muturage.
IGIHE