Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yakuriyeho Visa Abanyarwanda bajya muri iki gihugu, aho ubu bashobora kumarayo iminsi 30. Ni nyuma y’ibiganiro yagiranye na Perezida Kagame ubwo yageraga i Kigali yitabiriye Inama ya Africa CEO Forum.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Nigeria yakuriyeho Visa Abanyarwanda
16 May, by IGIHE -
Ntabwo nkorana na Rusesabagina, ntibizigera binabaho- Senateri Habineza ku bamushinje umugambi wo guhirika ubutegetsi
3 March, by Iradukunda SergeSenateri Dr Frank Habineza akaba n’Umuyobozi w’Ishyaka ‘Democratic Green Party of Rwanda’ yanyomoje abatangaje ko haba hari imikoranire afitanye na Paul Rusesabagina na Padiri Nahimana Thomas, igamije guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
U Rwanda rugiye gushora miliyari 440 Frw mu gukwirakwiza amashanyarazi
16 May, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda igiye gushora miliyoni 300$ (hafi miliyari 440 Frw), mu mushinga wo gukwirakwiza amashanyarazi hirya no hino mu gihugu, witezweho uruhare mu guteza imbere imibereho y’abaturage n’imitangire ya serivisi.
-
U Rwanda rwateguje ingamba z’ubukungu intambara ya Iran na Amerika nirenza ukwezi
3 March, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Imari n’igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko Leta y’u Rwanda ikurikiranira hafi ingaruka z’ubukungu zishobora guterwa n’intambara yaturutse ku bitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Iran, ndetse yizeza ko hari ingamba zatangiye gufatwa.
-
Kabuga Félicien yapfuye
16 May, by Jean de Dieu TuyizereKabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yapfiriye mu bitaro by’i La Haye mu Buholandi, igihugu yari afungiwemo by’agateganyo mu gihe yari ategereje ikindi gihugu kimwakira.
-
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019
5 March, by Musangwa ArthurByahishuwe ko Leta y’u Burundi yateguye, iha imyitozo, kandi iyobora abagabye igitero cy’abitwaje intwaro cyatwaye ubuzima bw’abasivili 14 mu Karere ka Musanze mu Ukwakira 2019, abandi benshi bagakomereka.
-
U Rwanda rwafunze imwe mu mipaka iruhuza na RDC kubera Ebola
17 May, by Nshimiyimana EricKuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki 17 Gicurasi 2026, imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu Karere ka Rubavu, yafunzwe kubera icyorezo cya Ebola gikomeje gusya kitanzitse muri iki gihugu cy’igituranyi.
-
Abanyamahanga basuye u Rwanda bakoresheje miliyari 880,7 Frw mu 2025
4 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteRaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, y’amafaranga abanyamahanga basura u Rwanda bakoresha kuva bahageze kugeza bahavuye, igaragaza ko mu 2025 bakoresheje miliyoni 604,5 $, ni ukuvuga miliyari 880,7 Frw mu bintu na serivisi zitandukanye baguze mu minsi bamaze mu gihugu.
-
Nta munyamahanga uheruka muri RDC wemerewe kwinjira mu Rwanda kubera Ebola
22 May, by Jean de Dieu TuyizereMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abanyamahanga baheruka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe kitarenze iminsi 30 batemerewe kwinjira mu Rwanda.
-
Abantu 1874 bafunguwe by’agateganyo, ibigo bimwe bihabwa abayobozi bashya- Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
4 March, by IGIHEInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 4 Werurwe 2026 iyobowe na Perezida Kagame yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry’agateganyo ku bantu 1874 bakatiwe n’inkiko.
IGIHE