Dr. Gaidi Faraj ni umwe mu bahanga bafashe iya mbere mu kubaka Afurika ijyanye n’icyerekezo cy’Isi babicishije mu burezi bufite ireme. Yize muri Kaminuza ya California, ahakura impamyabumenyi y’ikirenga mu bijyanye n’ubuzima bw’Abanyafurika baba ku yindi migabane.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Inkuru ya Dr. Gaidi Faraj wakuruwe n’ubwiza bw’u Rwanda akahashinga ’African Olympiad Academy’
9 March, by Jean de Dieu Tuyizere -
Nta Habyarimana, nta muhungu we- Minisitiri Dr. Bizimana
9 March, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène yagaragarije umwe mu bahungu ba Habyarimana Juvénal witwa Habyarimana Jean-Luc ko kugerageza kweza ibyaha bya Se bishimangira ko nta bumuntu n’ubunyangamugayo agira.
-
Ikoranabuhanga rya robot rirakataje: Zatangiye gutanga serivisi muri ’restaurant’ mu Rwanda
11 March, by Ayera BelyneIkoranabunga rya robot riri kwisungwa cyane muri ibi bihe iri gutera imbere cyane, ndetse u Rwanda na rwo ntirwasigaye kuko zatangiye gutanga serivisi zitandukanye zirimo no gushyira abantu ibyo batumije muri restaurant.
-
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yashimangiye ko ishoramari ry’u Rwanda mu ikoranabuhanga ritapfuye ubusa
11 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko u Rwanda rwashyize imbaraga mu gushora imari mu bikorwaremezo by’ikoranabuhanga mu myaka irenga 20 ishize, bituma n’abaturage bo mu cyaro bashobora kugerwaho na serivisi z’imari binyuze kuri telefone ngendanwa.
-
U Rwanda rwazamutse ku rutonde nyafurika mu bijyanye n’inganda
30 May, by IGIHEU Rwanda rwazamutse mu myanya mu rwego rwa Afurika mu bijyanye n’inganda, ruva ku mwanya wa 34 rwariho mu 2023 rugera ku wa 32 mu 2024. Ni urutonde ruzwi nka Africa Industrialization Index 2025, ruyobowe na Maroc.
-
Ingo zirenga ibihumbi 200 zizacanirwa: Ibyitezwe mu 2025/26 mu rwego rw’ingufu
19 March, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rukomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye ijyanye no kugeza ku baturage amashanyarazi n’ubundi bwoko bw’ingufu butangiza, aho mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2025/26 biteganyijwe ko ingo zirenga ibihumbi 200 zizahabwa amashanyarazi yo mu buryo butandukanye binyuze mu mishinga yagenewe miliyari 124 Frw.
-
Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26
30 May, by IGIHEPerezida Paul Kagame yashimye ikipe ya Paris Sait Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, yegukanye Igikombe cya UEFA Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya.
-
Utwaye yanyoye ibisindisha azafungwa amezi atatu: Ibihano bikarishye ku batubahiriza amategeko y’umuhanda
12 March, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda rwavuguruye itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda mu Rwanda ryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa, aho rigena ko utwaye imodoka yanyoye ibisindisha ashobora gufungwa amezi ari hagati y’atatu n’atandatu.
-
Amafoto yaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame mu Bufaransa
3 June, by Zigiranyirazo BajecteurKuri uyu wa 2 Kamena 2026, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeanette Kagame bari i Paris mu Bufaransa aho bari bitabiriye igikorwa cyo gufungura ku mugaragaro urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni urwibutso rwahawe izina rya "Les Archives."
-
Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhuza imbaraga
13 March, by Musangwa ArthurPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari gukorana n’umuryango wa Juvénal Habyarimana utuye mu Bufaransa, ndetse na Faustin Kayumba Nyamwasa uba muri Afurika y’Epfo kugira ngo banoze ubufatanye mu bya gisirikare bugamije gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.
IGIHE