Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
RDB yafunze hoteli enye
4 June, by IGIHE -
Isuzuma ryagaragaje ko u Rwanda ruhagaze neza mu myiteguro yo gukoresha ingufu za nucléaire
13 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda (RAEB) cyatangaje ko igenzura ryakozwe n’inzobere z’Ikigo Mpuzamahanga za Atomique ryasanze u Rwanda rugeze ku rugero rwiza mu kubaka ubushobozi bwo gukoresha ingufu za nucléaire mu bikorwa bigamije amahoro n’iterambere.
-
Iyo Leta idashyira nkunganire muri mazutu, litiro yari kugera ku 3581 Frw
6 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yatangaje ko iyo Leta idashyira nkunganire mu giciro cya mazutu, litiro imwe yari kugera ku 3581 Frw, aho kuba 2927 Frw yatangajwe n’Urwego Ngenzuramikorere, RURA.
-
Yolande Makolo: Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU
14 March, by Mugisha ChristianUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yagenewe Ingabo z’u Rwanda binyuze mu kigega cy’u Burayi gishinzwe gushyigikira ibikorwa by’amahoro, European Peace Facility, yose yamaze gukoreshwa, kandi ko ikiguzi ubu butumwa butwara Guverinoma y’u Rwanda gikubye inshuro nibura 10 ayo mafaranga.
-
Rayon Sports yaguze Umunya-Tchad, APR FC ijya mu Burengerazuba: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri
9 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri.
-
Kaminuza ya gisirikare mu Rwanda izakora ite?
16 March, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, iheruka kwemeza itegeko rishyiraho Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare, izajya ihuza inyigisho za gisirikare, amahugurwa n’ubushakashatsi mu bijyanye no kurinda igihugu no kubungabunga umutekano wacyo.
-
Trungelliti yegukanye ’ATP Challenger 100, Kigali II’ yarebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame
15 March, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmunya-Argentine Marco Trungelliti yegukanye icyumweru cya kabiri cy’Irushanwa rya Tennis "ATP Challenger 100, Kigali II", atsinze Umutaliyani Marco Cecchinato amaseti 2-1 (4-6, 6-0, 6-3) ku mukino wa nyuma warebwe n’abarimo Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru, tariki ya 15 Werurwe 2026.
-
Nduhungirehe yashimangiye ko guhana u Rwanda bitazatura RDC ibibazo agahishyi yikoreye
15 March, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yibukije abo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, bakomeje kwishimira ibihano biherutse gufatirwa u Rwanda, ko bitazabatura umutwaro w’ibibazo agahishyi bikoreye.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abagize Young Presidents’ Organization muri Panama
9 June, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro itsinda ry’abantu 19 bo mu muryango Young Presidents’ Organization (YPO) n’abo bashakanye baturutse muri Panama, baganira ku mahirwe y’ishoramari aboneka mu Rwanda n’ubufatanye mu by’ubuhungu hagati y’u Rwanda na Panama.
-
U Rwanda rwashyize umucyo ku byo kuvana Ingabo zarwo muri Mozambique
16 March, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko Ingabo z’u Rwanda zidashobora gukomeza urugamba rwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, mu gihe inkunga y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yahagarikwa, ndetse zigakomeza kujujubywa n’umuryango mpuzamahanga.
IGIHE