Ugeze i Rusororo mu irimbi rusange rishyingurwamo abatuye i Kigali no mu yandi ashyingurwamo mu bice bitandukanye by’igihugu, uhasanga abantu bashyingura kuva ku wa Mbere kugera ku Cyumweru, umubare munini bakoresha sima n’amakaro ku buryo imva imara imyaka irenga 20 ikimeze nk’iyubatswe ejo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Uburyo bushya bwo gushyingura butegerejwe mu Rwanda
17 March, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Gukangurira abacuruzi gukora amasaha 24 mu migabo n’imigambi y’umuyobozi mushya wa PSF
17 March, by Léonidas MuhirePerezida mushya w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), Twagirumukiza François, yatangaje ko agiye kuruyobora, bimwe mu byo ashyize imbere birimo gushyira ingufu mu kigega gishya cy’ubwishingizi bw’abacuruzi ndetse no gukangurira abacuruzi gukora amasaha 24.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, hashyirwamo amaraso mashya
10 June, by IGIHEPerezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya barimo Murwanashyaka Damien wagizwe Minisitiri w’lbikorwaremezo, Zingiro Armand wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lbikorwaremezo, Col. Bizimungu Claudien, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lbikorwaremezo na Uwizeye Judith wagizwe Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo.
-
Doja Cat yakoreye igitaramo cy’amateka i Kigali (Amafoto)
17 March, by Iradukunda Serge, Nsengiyumva EmmyMu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, Doja Cat yakoreye igitaramo cy’amateka muri BK Arena, ndetse cyitabirwa na Madamu Jeannette Kagame. Iki gitaramo cyari kimwe mu bigize urugendo arimo rw’ibitaramo bizenguruka Isi yise ‘Tour Ma Vie World Tour’.
-
Nduhungirehe yanenze Ndayishimiye uri kugonganisha ubwoko nka Habyarimana
18 March, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakoresheje amayeri nk’aya Juvénal Habyarimana kugira ngo ahishe akaga Abanyamulenge batuye muri Komini Minembwe bari kunyuramo.
-
Minisiteri mu Biro bya Perezida yakuweho
11 June, by IGIHEImpinduka zakozwe muri Guverinoma zasize umwanya wa Minisitiri mu Biro bya Perezida wa Repubulika udafite umuntu kuko izo nshingano zitakiriho. Ni impinduka kandi zasize Minisiteri zifite abanyamabanga ba leta barenze umwe zibaye ebyiri.
-
U Rwanda rwashimangiye ubushake bwarwo mu gufasha impunzi, rusaba u Bwongereza kuryozwa ukutubahiriza amasezerano
18 March, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yagaragarije Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubuhuza rukorera mu Buholandi ko u Rwanda rugifite impamvu zo gufasha impunzi n’abimukira nk’igihugu cyanyuze mu bihe bigoye anarusaba kuryoza u Bwongereza ukutubahiriza inshingano zari zikubiye mu masezerano, ibihugu byombi byagiranye.
-
Perezida Kagame yakiriye Bednar wa The Church of Jesus Christ of Latter-day Saints
18 March, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yakiriye umwe mu ntumwa 12 z’Itorero The Church of Jesus Christ of Latter-day Saints, David A. Bednar n’itsinda bari kumwe, banagirana ibiganiro byibanze ku mikoranire igamije guteza imbere uburezi n’iterambere ry’imibereho myiza.
-
Ingengo y’imari ya 2026/27 yemejwe
11 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteIngengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027 yageze kuri miliyari 7.796,3 Frw, bingana n’izamuka rya 12% ugereranyije n’iy’umwaka uheruka yari 6.952,1 Frw mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.
-
Isesengura: U Rwanda rushobora guhura n’ibibazo by’ibura rya lisansi?
19 March, by Philbert GirinemaIbihugu bimwe na bimwe byo ku Isi byatangiye kwisanga mu kibazo gikomeye cy’ibikomoka kuri peteroli, ahanini gituruka ku makimbirane ari hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel.
IGIHE