Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yasobanuye ko imwe mu mpamvu ikomeye yatumye habaho kuzamura umusanzu w’abanyamuryango bakoresha ubwisungane mu kwivuza bwa ’Mutuelle de Santé’ harimo na serivisi nshya zongewe kuri ubwo bwishingizi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ishingiro ryo kuzamura umusanzu wa mituweli
21 March, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Perezida Kagame yashimiye Nguesso wongeye gutorerwa kuyobora Congo-Brazzaville
19 March, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu.
-
Perezida Kagame na Shirley Botchwey baganiriye ku bufatanye bw’u Rwanda na Commonwealth
14 June, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth), Shirley Ayorkor Botchwey uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yaganirije abo muri Kaminuza ya Havard ku iterambere ry’u Rwanda
19 March, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri baturutse muri Kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basoje uruzinduko rw’iminsi irindwi bari bari kugirira mu Rwanda.
-
Brig Gen Patrick Karuretwa yagizwe umuvugizi wa RDF
17 June, by Jean de Dieu TuyizereUmugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame, yagize Brig Gen Patrick Karuretwa Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda.
-
Bashatse kurasa umurambo we: Akagambane k’abo kwa Habyarimana kuri Uwilingiyimana Agathe
20 March, by Musangwa ArthurGuhera mu ijoro rya tariki ya 6 Mata 1994 ubwo indege ya Habyarimana Juvénal yaraswaga na we akahaburira ubuzima, abo mu muryango we bari bafite umujinya w’umuranduranzuzi, bashakisha impande n’impande abo bakwica mu rwego rusa no kwihorera.
-
Perezida Kagame na Amb. Mbundi baganiriye ku bufatanye bw’u Rwanda na EAC
17 June, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Stephen Patrick Mbundi baganira ku bufatanye bw’u Rwanda n’uyu muryango rumazemo imyaka 19.
-
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Ilayidi, basabwa gukomeza ibikorwa byiza (Amafoto)
20 March, by Ntabareshya Jean de DieuAbayisilamu bo mu Rwanda kimwe n’abo ku Isi yose basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, aho bari bamaze iminsi biyiriza ubusa banasenga, basabwa gukomeza gukora ibikorwa byiza no kwirinda ibyaha.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Wood Foundation ifasha abahinzi mu Rwanda
24 June, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye Perezida wa Wood Foundation,Garreth Wood na David Knoop uyobora uyu muryango w’abagiraneza muri Afurika, baganira ku bufatanye uyu muryango usanzwe ufitanye n’u Rwanda.
-
Bwa mbere mu mateka, abagore bane bagizwe abapasiteri muri ADEPR
20 March, by Ntabareshya Jean de DieuItorero rya ADEPR mu Rwanda ryashyizeho abashumba bashya b’amaparuwasi n’Abashumba Nshingwabikorwa (Regional Executive Pastor) bazajya bafasha indembo mu mirimo ya gishumba barimo n’abagore bane.
IGIHE