Abaminisitiri bashya muri Guverinoma y’u Rwanda n’abari basanzwemo bongeye kugirirwa icyizere, bashimiye Umukuru w’Igihugu, bamwizeza ko batazamutenguha.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abagarutse n’abashya muri Guverinoma bashimye
25 July 2025, by IGIHE -
Perezida Kagame na Masai Ujiri bitabiriye igitaramo cyo gutangiza Iserukiramuco rya Giants of Africa (Amafoto)
27 July 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Uwiduhaye TheosAbahanzi batandukanye biganjemo abakomoka mu Rwanda ndetse na Uncle Waffles wo muri Afurika y’Epfo, bashimishije benshi bitabiriye igitaramo gifungura Iserukiramuco rya Giants of Africa, riri kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri guhera ku wa 26 Nyakanga mu gihe rizarangira ku wa 2 Kanama 2025.
-
Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: RDC izira iki?
3 August 2025, by Nshuti HamzaAhabonetse ibirombe by’amabuye y’agaciro ubuzima bw’abahatuye n’abahakorera buhinduka mu kanya gato, ariko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibitse Cobalt nyinshi ku Isi, iri mu bihugu bikennye cyane. Abasesenguzi mu bukungu bemeza ko ibibazo by’umutekano, intambara, n’ubukene biriyo ntaho bihuriye n’umutungo kamere iki gihugu gitunze, ahubwo bikomoka ku miyoborere mibi.
-
Icyakorwa ngo ibikorwa byibasira abarokotse Jenoside bicike mu mboni za Amb. Mutaboba
30 December 2024, by Ntabareshya Jean de DieuAmbasaderi Mutaboba Joseph yagaragaje ko bibabaje kubona ibikorwa byibasira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bikigaragara hirya no hino mu gihugu, yemeza ko abato bakwiye kwigishwa amateka nta kujenjeka.
-
Igihe cyabo kirabaze - Perezida Kagame yijeje umutekano w’u Rwanda mu 2025
31 December 2024, by IGIHEPerezida Paul Kagame yagarutse ku bihe by’ingenzi u Rwanda rwanyuzemo birimo ibyiza n’ibibi, ashimangira ko ibyiza bikwiriye kwishimirwa, ibitaragenze neza bigakurwamo amasomo.
-
Ihagarikwa ry’amasezerano y’u Bwongereza n’u Rwanda ku bimukira rikomeje kuvugisha benshi
29 December 2024, by Philbert GirinemaUwahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Steven Woolfe, yatangaje ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, ari umwanzuro mubi wafashwe, aho kugira ngo ukemure ikibazo ugatiza umurindi ibikorwa by’abimukira binjira mu Bwongereza bakoresheje inzira zitemewe.
-
Icyamwinjije muri Politiki akiri muto, ibyamutunguye mu Nteko n’inama ku rubyiruko- Ikiganiro na Depite Izere Ingrid
31 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite igizwe n’Abadepite 80, muri bo harimo abakiri bato mu myaka, biyemeje gutanga umusanzu wabo mu kubaka Igihugu.
-
Rayon Sports yicariye ikirunga gishyushye
30 July 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraIbintu byongeye gufata indi ntera muri Rayon Sports, ihangana ryeruye ryongera gutangira nyuma y’uko hajemo kudahuza hagati y’abagize Inama y’Ubutegetsi ya Rayon Sports izwi nk’Urwego rw’Ikirenga ndetse na Komite Nyobozi y’ikipe.
-
RGB yabasabye ko urwego rumwe ruvaho: Akantu ku kandi ku mwuka mubi mu nzego ziyoboye Rayon Sports
1 August 2025, by Uwimana AbrahamUmunyarwanda yaciye umugani ati “Abahigi benshi bayobya imbwa uburari,” undi arongera ati “Nta bihanga bibiri mu nkono imwe.” Uwa mbere yashakaga kwerekana ko ahari benshi bashaka kuyobora bose mu mirongo itandukanye, birangira umuyoborwa arwaye muzunga nta menye icyo afata n’icyo areka, undi yerekana ko nta buyobozi bw’abantu babiri bahwanyije ububasha banahuje inshingano, ko umwe yazibukira cyangwa akajya kuyobora ahandi.
-
Ayra Starr yaririmbiye i Kigali bwa mbere, Kizz Daniel na The Ben bakora ibidasanzwe mu gitaramo giherekeza ‘Giants of Africa’ (Amafoto)
2 August 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Uwiduhaye TheosAbahanzi bakomeye muri Nigeria barimo Timaya, Kizz Daniel na Ayra Starr ndetse na The Ben; bapfundikiye ibirori by’Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ mu gitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru, cyabereye muri BK Arena.
IGIHE