Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, hamwe n’abahagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Qatar, Togo na Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bahuriye mu nama ya gatanu y’Urwego Ruhuriweho rwo Guhuza Ibikorwa by’Umutekano (JSCM) yabereye i Genève mu Busuwisi, isuzuma intambwe zatewe mu kubahiriza amasezerano ya Washington, ategeka RDC gusenya umutwe wa FDLR.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda, RDC na Amerika byasuzumye intambwe yatewe mu kurandura FDLR
17 July, by IGIHE -
Ingabire Victoire yatsinzwe
27 March, by Ntabareshya Jean de DieuUrukiko rw’Ikirenga rwashimangiye ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha itanyuranyije n’ibiteganywa na zimwe mu ngingo z’Itegeko Nshinga, rutegeka ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza nta shingiro gifite.
-
Ubushobozi buke Ndayishimiye yagaragaje mu miyoborere ntibuzaroha AU mu manga?
28 March, by Musangwa ArthurIbihugu 20 bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe byahisemo kugaragaza ijwi ryabyo ko bidashyigikiye imikorere itubahiriza amategeko ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye uyobora AU mu 2026, watanze kandidatire ya Macky Sall ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni agashaka ko abakuru b’ibihugu basigaye ba Afurika bayemeza mu masaha 24 gusa binyuze mu gushyigikira icyemezo yafashe ku giti cye.
-
Album nshya, umubano we na Bruce Melodie, urushako na byinshi ku buzima bwe: The Ben twaganiriye (VIDEO)
28 March, by Idukunda Kayihura Emma SabineThe Ben umaze kugira izina rikomeye mu muziki wa Afurika y’Iburasirazuba, yatangaje ko mu minsi iri imbere azasohora album nshya, ndetse we na Bruce Melodie biteguye gushimisha Abanyarwanda mu bice bitandukanye by’igihugu binyuze mu bitaramo bazahuriramo.
-
Dr. Nsengiyumva yasabye abo muri OACPS kwigira aho gutega amaso akimuhana
28 March, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatangaje ko u Rwanda ruzakomeza kubahiriza ibyo rusabwa mu Muryango w’Ibihugu bya Afurika, Caraïbe na Pasifika (OACPS), birimo no gutangira umusanzu ku gihe, asaba n’ibihugu biwugize kubyuhahiriza kugira ngo uzibukire ibyo guhora uteze amaso ku kimuhana.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Bill Gates ku guteza imbere ubuzima, AI n’ibindi
21 July, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Bill Gates washinze akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, baganira ku gushimangira ubufatanye mu guteza imbere ubuzima, ubuhinzi, ubwenge buhangano n’ibindi.
-
Hamenyekanye igihe umwanzuro ku kibazo cy’u Rwanda n’u Bwongereza uzatangarizwa
29 March, by Ntabareshya Jean de DieuUrukiko Mpuzamahanga rw’Ubuhuza mu Buholandi, rwatangaje ko umwanzuro ku rubanza u Rwanda rwaremezo u Bwongereza ku kutubahiriza amasezerano ibihugu byombi byagiranye arebana n’abimukira uzatangazwa bitarenze ku wa 15 Gicurasi 2026.
-
Rwabuze gica mu nama ya WTO i Yaoundé
29 March, by Philbert GirinemaIbiganiro bigamije kwiga ku mavugurura akwiriye gukorwa muri WTO bikomeje kubera i Yaoundé muri Cameroun. Iminsi itanu ishize ba Minisitiri b’Ubucuruzi b’Ibihugu 166 bigize WTO biri kuba, byagejeje ku wa Gatandatu mu masaha y’urukerera rwabuze gica, impande zose zananiwe kumvikana ku mavugurura akwiriye gukorwa.
-
Dr. Nsengiyumva yasabye abo muri OACPS koroshya imigenderanire nk’izingiro ry’iterambere
29 March, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko mu gihe Umuryango w’Ibihugu bya Afurika, Caraïbe na Pasifika (OACPS), wakoroshya uburyo bwo kugenderanira byaba imbarutso y’iterambere ry’ubukungu bwabyo n’ababituye.
-
Perezida Kagame yakiriye Belén Calvo Uyarra usoje inshingano zo guhagararira EU mu Rwanda
21 July, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Belén Calvo Uyarra usoje inshingano zo kuba Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, baganira ku ntambwe yatewe mu bufanye bw’impande zombi mu iterambere ry’inzego zinyuranye.
IGIHE