Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yibukije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko amasezerano ya Washington atagamije ibiganiro byo guhendahenda umutwe wa FDLR, ahubwo agamije kuyivanaho burundu binyuze mu kuyisenya no kuyambura intwaro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Amasezerano ya Washington agena gusenya FDLR, si ukuyihendahenda- Yolande Makolo
30 July, by Iradukunda Serge -
Kwibuka32, Kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside, ubukungu, n’abayobozi bashya – Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
2 April, by IGIHEInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 2 Mata 2026 yemeje ko mu guhangana n’Ingengabitekerezo ya Jenoside igaragara haba mu Karere u Rwanda ruherereyemo no hirya no hino ku Isi, Abanyarwanda basabwa gutahiriza umugozi umwe mu gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda, ubwiyunge, ndetse n’amahoro n’umudendezo by’Abanyarwanda. Yasabye Abaturarwanda kuzitabira ibikorwa byo kwibuka bizatangira ku wa 7 Mata.
-
BK Group Plc yungutse miliyari 110,1 Frw mu 2025
4 April, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bwa BK Group Plc bwatangaje ko bwabonye inyungu ya miliyari 110,1 Frw mu 2025, avuye kuri miliyari 91 Frw mu 2024, bigaragaza inyongera ya 20,9%.
-
Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana
30 July, by IGIHESenateri Mukabalisa Donatille wigeze kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, yitabye Imana azize uburwayi, mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal aho yari amaze igihe arwariye.
-
Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abadepite ba Amerika
30 July, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Kagame yakiriye itsinda ry’abaturutse mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bayobowe na Depite Brett Guthrie usanzwe ayobora Komisiyo ishinzwe Ingufu n’Ubucuruzi mu muri iyo Nteko.
-
U Rwanda rwateguje izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, abaturage basabwa kwirinda ingendo zitari ngombwa
3 April, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasobanuye ko intambara yo muri Iran izagira ingaruka ku bukungu bw’u Rwanda, haba mu byo rwohereza mu mahanga n’ibyo rutumizayo kubera izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga, kandi ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bigiye kwiyongera.
-
Brig Gen Munyengango na Ndenga bahawe inshingano nshya
30 July, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yagize Brig Gen Innocent Munyengango, Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ishinzwe serivisi z’ubwikorezi bwo mu kirere (ATL) mu gihe Jules Muheto Ndenga yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe guhuza ibikorwa bigamije guteza imbere Ikibuga cy’Indege (Airport City).
-
Tujyane i Yaoundé kwa Paul Biya, muri Afurika nto (Amafoto)
5 April, by Philbert Girinema“L’Afrique en miniature” ni izina ry’iritazirano Abanya-Cameroun bahaye igihugu cyabo mu gushaka kumvikanisha ko ikintu cyose kiri ahandi muri Afurika kiboneka n’iwabo. Mu yandi magambo baba bashaka kuvuga ko Cameroun ari “Afurika nto”.
-
Imaramatsiko kuri ‘Lakeside Residence’, umushinga w’imiturire igezweho ku Kacyiru
6 April, by Iradukunda SergeAho wajya hose ku Isi, uzasanga iterambere ry’ibihugu ridasigana n’imyubakire igezweho, haba ku nzu z’ubucuruzi, izikoreramo ibigo ndetse n’izo guturamo. U Rwanda nk’igihugu gikataje mu iterambere na rwo ntirwasigaye muri iyi nzira. Ni yo mpamvu buri mwaka huzura inzu nyinshi nshya, ndetse hakaba hari n’izindi zitegerejwe mu mishinga migari y’ubwubatsi.
-
Abakirisitu bizihije Pasika, urubyiruko rusabwa kuzibukira ibiyobyabwenge no kwiyandarika
5 April, by Ntabareshya Jean de DieuAbakirisitu bo mu Rwanda bizihije Umunsi Mukuru wa Pasika, urubyiruko rusabwa kurushaho kwegera Imana no kwirinda ingeso mbi zirimo kwijandika mu biyobyabwenge no kwiyandarika, kuko zishobora kwangiza ahazaza harwo.
IGIHE