Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yatanze ibimenyetso bihinyuza abahora bashaka kugaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatewe n’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana Juvénal wabaye Perezida w’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Minisitiri Bizimana yahinyuje abavuga ko Jenoside yatewe n’urupfu rwa Habyarimana
6 April, by Léonidas Muhire -
Ibyatangajwe na CIA nyuma y’urupfu rwa Habyarimana
6 April, by IGIHEMu mpamvu zitangwa n’abahakana ko indege ya Juvénal Habyarimana yahanuwe n’abasirikare be, bajya bashyiramo urwitwazo rw’uko nta ntwaro zihanura indege icyo gisirikare cye cyagiraga, nyamara amakuru y’Ikigo cy’Ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), agaragaza ko FAR yari yibitseho izo mbunda 35 hamwe na missile 15.
-
Umunsi Kanziga na Zigiranyirazo bicisha Umupadiri w’Umututsi wanze gusengera umurambo w’umubyeyi wabo
7 April, by Musangwa ArthurInkuru zigaruka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyane cyane ibyabaye ku munsi wayo wa mbere, zikunze kwibanda cyane ku byabereye mu Mujyi wa Kigali, ni gake uzumva uko byari byifashe i Rambura ku ivuko rya Juvenal Habyarimana n’umugore we, Agathe Kanziga.
-
Ingufu Gin Ltd na NBG Ltd mu nganda z’inzoga zafunzwe
2 August, by Iradukunda SergeIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyafunze inganda nyinshi zikora ibinyobwa bisembuye, zirimo Ingufu Gin Ltd na NBG Ltd, nyuma y’ubugenzuzi n’isuzuma ry’uko ibikorwa byazo byubahiriza ibisabwa n’amabwiriza agenga uru rwego. Iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage no gukomeza kugenzura ubuziranenge bw’ibicuruzwa biri ku isoko.
-
Mbere y’uko wica u Rwanda ruzakwica, ntiwakwica abantu kabiri - Perezida Kagame
7 April, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yavuze ko ibyago bya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda rwagize, bitazasubira ukundi, avuga ko Abanyarwanda batazongera gupfa ukundi, ahubwo ko bazarwanya bivuye inyuma ko ibyo biba, kuva ku muto kugera ku mukuru.
-
Nta bihano cyangwa ibitutsi byahindanya icyubahiro n’ubunyangamugayo bwa RDF- Perezida Kagame
7 April, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano zarwo zifite icyubahiro n’ubunyangamugayo zikesha imyitwarire myiza, kandi ko bidashobora guhindurwa n’ibihano cyangwa ibitutsi bituruka mu mahanga.
-
Kampeta Pitchette Sayinzoga yagizwe Umuyobozi Mukuru wa AFR
4 August, by IGIHEIkigo giteza imbere kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangaje ko Kampeta Pitchette Sayinzoga yagizwe Umuyobozi Mukuru, inshingano yatangiye ku wa 1 Kanama 2026.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka
7 April, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Amerika, igihugu rukumbi cyari cyarinangiye ku gukoresha inyito iboneye ya Jenoside, cyavuye ku izima
7 April, by Philbert GirinemaKu nshuro ya mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuye ku izima zikoresha inyito iboneye ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni nyuma y’imyaka myinshi iki gihugu cyarinangiye.
-
Muyaya yahindutse umuzindaro wa FDLR n’umuryango wa Habyarimana
8 April, by Musangwa ArthurUmuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yagaragaje ko atagifite ukwihishira mu gushyigikira no kuvugira umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’umuryango wa Juvénal Habyarimana wayoboye u Rwanda kuva mu 1973 kugeza mu 1994.
IGIHE