Guverinoma y’u Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 67 Frw (miliyoni 40€) azifashishwa mu mishinga iteza imbere ubuhinzi bwihanganira ihindagurika ry’ibihe n’ubuhinzi budaheza.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyari 67 Frw ruzifashisha mu buhinzi buhangana n’ihindagurika ry’ibihe
4 August, by Tuyishimire Umutesi Celine -
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku kurwanya Jenoside
8 April, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku rwanya Jenoside yahuje ab’ingeri zitandukanye barimo abayobozi, abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abashakashatsi n’urubyiruko.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi w’Urwibutso rwa Yad Vashem rwo muri Israel
8 April, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye ndetse anaganira n’Umuyobozi w’Urwibutso rwa Yad Vashem rushyinguwemo abazize Jenoside yakorewe Abayahudi, Dani Dayan.
-
Twari twaratinze- Uganda Airlines ku nyungu yiteze mu ngendo z’i Kigali
5 August, by IGIHEUmuyobozi Mukuru wa Uganda Airlines, Ato Girma yatangaje gutangiza ingendo zihuza Kigali na Entebbe byakabaye byarakozwe kera kuko ibihugu byombi bituranye kandi bifitanye amateka akomeye atuma abantu bagenderana mu buryo buhoraho.
-
Madamu Jeannette Kagame yashimye urugendo rw’imyaka 30 rw’Umuryango IBUKA
8 April, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yashimye urugendo rw’imyaka 30, Umuryango Uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, umaze uharanira inyungu z’abayirokotse, asaba gukomeze kwimana u Rwanda.
-
Umunsi Nduhungirehe abwirwa ko Abanyarwanda bakwiye kwibagirwa Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April, by Tuyishimire Umutesi CelineMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko hari abantu ku Isi batumva akamaro ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuko bumva ko ari ibintu byabaye bikarangira, ubuzima bukwiye gukomeza.
-
Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko Jenoside yeretse u Rwanda ko ak’i muhana kaza imvura ihise
10 April, by Léonidas MuhireMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yavuze ko amahitamo Igihugu cyakoze atanga icyizere gihagije cy’uko Jenoside yakorewe Abatutsi itazongera kubaho ukundi mu Rwanda, ariko agaragaza ko bijyana n’inshingano zo kutorohera abagifite ingengabitekerezo yayo no gukunda umurimo kugira ngo kwishakamo ibisubizo bishoboke kuko ak’imuhana kaza imvura ihise.
-
Urupfu rwa Habyarimana rwaciye u Bufaransa umugongo, bwihutira gucyura abenegihugu: Uko Opération Amaryllis yateguwe
12 April, by Jean de Dieu TuyizereMu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na François Mitterrand bwacitse umugongo kuko bwari bubuze inshuti magara.
-
eKash yatumye abishyurana bakoresheje ibigo by’imari biyongeraho 166%
6 August, by IGIHEBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko uburyo bushya bwo kwishyurana no koherezanya amafaranga bwa eKash bwakiriwe neza n’abaturage, aho mu gihe kitageze ku kwezi bumaze kunyuzwaho amafaranga arenga miliyari 960 Frw, mu gihe abayobotse kwishyurana hagati y’ibigo by’imari biyongereyeho 166%.
-
Ibyatangajwe na televiziyo zo mu Bufaransa umunsi Ababiligi bacyura bene wabo, bagategeza Abatutsi Interahamwe
11 April, by Jean de Dieu TuyizereMu minsi nk’iyi muri Mata 1994, Ingabo z’Ababiligi zari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu Rwanda (MINUAR) zari zashyashyanye, zishakisha mu Mujyi wa Kigali Umubiligi n’Umufaransa aho ava akagera kugira ngo zimuhungishe bwangu.
IGIHE