Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we uherutse kongera gutorerwa kuyobora Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Denis Sassou Nguesso
16 April, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Shema Fabrice uyobora FERWAFA yatawe muri yombi
11 August, by Nsengiyumva EmmyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi wa FERWAFA, Shema Fabrice, aho akurikiranyweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye.
-
Litiro ya lisansi yageze kuri 2.938 Frw mu Rwanda
16 April, by IGIHEUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze kuri 2.938 Frw. Yiyongereyeho 635 Frw ivuye kuri 2303 Frw. Litiro ya mazutu yo yagumye kuba 2205 Frw.
-
U Rwanda na RDC byasuzumye aho bigeze byubahiriza amasezerano y’amahoro ya Washington
14 August, by Jean de Dieu TuyizereIntumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Genève mu Busuwisi, zisuzuma intambwe zimaze guterwa mu gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro byasinyiye i Washington tariki ya 27 Kamena 2025.
-
MININFRA yasabye abafite imodoka zabo kuyoboka bisi, itanga icyizere kuri lisansi iri mu bubiko
17 April, by Léonidas MuhireUmunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwaremezo muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Eng. Uwihanganye Jean de Dieu, yasabye abafite imodoka zabo kwirinda ingendo zitari ngombwa no gutekereza uko bayoboka bisi cyane ko ibiciro by’ingendo rusange bitaziyongera kuko mazutu ikoreshwa cyane muri ubu bwikorezi yagumye ku giciro yari iriho.
-
Izindi mpamvu muzi zatumye lisansi mu Rwanda itumbagira
17 April, by IGIHEIbiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byazamutse ku kigero kidasanzwe kubera ingaruka z’intambara ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ukoze isesengura, kuva tariki ya Kane Werurwe kugeza ku ya 17 Mata, lisansi imaze kuzamuka ku kigero cya 47,7% mu gihe mazutu ari kuri 13,2%.
-
Amafaranga MTN Rwanda yinjiza yiyongereyeho 21,9%, inyungu igera kuri miliyari 17,2 Frw
19 August, by IGIHEMTN Rwanda yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2026, amafaranga yinjije avuye muri serivisi zayo yiyongereyeho 21,9% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu mwaka ushize, agera kuri miliyari 167,5 Frw, mu gihe inyungu nyuma yo kwishyura imisoro yageze kuri miliyari 17,2 Frw.
-
U Rwanda ku isonga mu guharanira iterambere ry’imibereho no kubaka ubushobozi bw’abaturage
18 April, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda rwashimiwe na Banki y’Isi World Bank Group mu bihugu byitwaye neza ku rwego rw’Isi mu bipimo byagutse bya Human Capital Index Plus (HCI+).
-
Amafaranga Abanyarwanda baba mu mahanga bohereza mu Rwanda yikubye hafi kabiri mu myaka itanu
20 August, by Nshimiyimana Jean BaptisteMu bantu muziranye ntihabuzemo uba mu gihugu cy’amahanga ujya unyuzamo akakoherereza amafaranga yita agafanta cyangwa akayoherereza abe, ubundi akagutuma kumugurira imitungo itimukanwa nk’ibibanza mu Rwanda. Imibare igaragaza ko aya mafaranga yiyongereyeho 27,3% mu 2025, ari yo mpuzandengo yo hejuru yabayeho.
-
Ubuzima bw’ingagi, guhanganira ubuyobozi; ibikubiye muri filime mbarankuru ya ‘A Gorilla’s Story’
18 April, by Tuyishimire Umutesi CelineNetflix iherutse gushyira hanze filime mbarankuru yiswe ‘A Gorilla’s Story’ ivuga ku buzima bw’ingagi, uko zibana, uko zihanganira ubuyobozi, n’ibindi byerekana imibereho yazo ya buri munsi.
IGIHE