Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwakwishimira kugira imigabane mu ruganda rw’umushoramari Aliko Dangote ruzatunganya ibikomoka kuri peteroli muri Kenya, ruzashorwamo miliyari 16 $.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ku migabane u Rwanda rushobora kugira mu ruganda rutunganya ibikomoka kuri peteroli
24 August, by IGIHE -
Imishinga itanu iri gukoreshwamo miliyari 735 Frw habungwabungwa ibidukikije
27 April, by Igizeneza Jean DésiréIbidukikije ni ingingo abantu bamwe na bamwe bakerensa, cyangwa ntibayihe agaciro ariko ikaba inkingi mwikorezi mu buzima bwa buri munsi bwa muntu kuko iyo bititaweho biteza ingaruka zikomeye ubuzima bw’abantu n’ibyabo bigatikira.
-
Ibyo wamenya kuri Chery, sosiyete ishaka kubaka uruganda rw’imodoka z’amashanyarazi mu Rwanda
24 April, by IGIHEChery ni uruganda rwashinzwe ku wa 8 Mutarama 1997, rushamikiye kuri Leta y’u Bushinwa. Rukorera mu Mujyi wa Wuhu mu Ntara ka Anhui. Umuyobozi warwo Mukuru ni Yin Tongyue mu gihe uwahuye na Perezida Kagame bakaganira kuri gahunda yo guteranyiriza imodoka mu Rwanda ari Xu Hui, Visi Perezida wa Chery Holding Group akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cyita ku ishoramari mpuzamahanga, Rich Resource International Investment (RRII).
-
Dutemberane i Gasogi; agace kari kunyaruka mu iterambere gatuwe n’abaturage b’inkwakuzi (Amafoto)
25 April, by Iradukunda Olivier, Rusa Willy PrinceNiba utaragera i Gasogi, ugomba kuba warahumvise kuri ya Radio cyangwa se izina ryaho rikakunyura mu matwi bitewe n’ikipe yitwa gutyo. Ni kamwe mu duce mu myaka mike ishize twazamutse mu iterambere mu Mujyi wa Kigali ku buryo bwihuse.
-
Imiterere ya ‘Sahara Residence’, inyubako y’amagorofa 12 iri kubakwa i Kigali (Amafoto)
25 April, by Iradukunda OlivierUko bwije n’uko bukeye Umujyi wa Kigali ukomeza gutera imbere, byagera ku nyubako ndende bikaba akarusho, kuko usibye imishinga yazo ivuka amanywa n’ijoro.
-
Stade Umuganda yaba yaratereranywe? (Amafoto)
3 May, by Umwari SandrineMu myaka 10 ishize, Stade Umuganda yari imwe muri enye zigezweho mu Rwanda ndetse icyo gihe yakiniweho irushanwa rya CHAN 2016 wagereranya n’Igikombe cya Afurika cya Ruhago ariko ku bakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo. Gusa kuri ubu iri mu bibuga bibanza kwibazwaho mbere y’uko biberaho imikino y’imbere mu gihugu.
-
Wasanga hari ijoro yabirose- Perezida Kagame ku magambo ya Ndayishimiye
24 August, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutigeze rwemerera u Burundi ko ruzabwoherereza abantu bagerageje gukura Pierre Nkurunziza ku butegetsi muri Gicurasi 2015, nk’uko Evariste Ndayishimiye aherutse kubivuga.
-
Pariki y’Akagera yinjije arenga miliyari 1,9 Frw mu mezi atatu ya mbere ya 2026
26 April, by IGIHEPariki y’Igihugu y’Akager yatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2026 yasuwe n’abantu barenga 11.700, bituma yinjiza arenga miliyoni 1,3$, ni ukuvuga asaga miliyari 1,9 Frw mu mezi atatu gusa.
-
Perezida Kagame yagaye Abanyafurika bigira inkomamashyi z’abanyamahanga
25 August, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yanenze imyitwarire ya bamwe mu Banyafurika biyemeje gushimagiza abantu bo hanze y’uyu mugabane, ashimangira ko biri mu bituma Afurika ihabwa amabwiriza n’abandi, abaturage bayo bakabaho mu buzima bwo kwijujuta.
-
U Rwanda rwatangiye kugerageza ikoranabuhanga rifasha abagenzi kumenya aho bisi igeze n’imyanya ifite
27 April, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Ecofleet Solutions, Rukera Aubin, yatangaje ko icyo kigo cyatangiye igerageza ry’ikoranabuhanga rizafasha abagenzi muri Kigali kumenya aho bisi zigeze, imyanya isigayemo n’igihe ishobora kubagereraho.
IGIHE