Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) gifatanyije n’Ikigo mpuzamahanga cy’imari cyitwa Enko Capital byatangije ikigega cyiswe ‘Rwanda SME Growth Fund’ cya miliyari 43 Frw kigamije guteza imbere ibigo bito n’ibiciriritse byo mu Rwanda binyuze mu kubiha igishoro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwatangije ikigega cya miliyari 43 Frw kigenewe gushyigikira ibigo bito n’ibiciriritse
27 April, by Léonidas Muhire -
U Rwanda rwabonye inguzanyo ya miliyari 280 Frw
26 August, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabonye inguzanyo nshya igizwe na miliyoni 82 z’Amayero (arenga miliyari 140 Frw) na miliyari 15 z’Ama-Yen y’u Buyapani (arenga miliyari 138 Frw) , izishyurwa mu gihe cy’imyaka 15, harimo imyaka itandatu ya mbere u Rwanda rutazishyuramo umwenda w’ibanze.
-
Umunsi Abacengezi bagaba igitero ku modoka y’abakozi ba Bralirwa: Ibyo uwari Minisitiri w’Umutekano yabonye
28 April, by Ntabareshya Jean de DieuTariki ya 19 Mutarama 1998, ni bwo imodoka yari itwaye abari abakozi b’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa, yagabweho igitero n’abacengezi ndetse bica abagera kuri 39.
-
Ubuzima bushya bwa Bisi i Kigali (Video)
28 April, by Idukunda Kayihura Emma SabineImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu Mujyi wa Kigali abajya ku kazi n’amaguru bangana na 60,9%, abagera kuri 25,8% bakoresha bisi na moto, mu gihe 13,3% bakoresha ibinyabiziga byabo bwite. Mu minsi mike iyi mibare ishobora guhinduka cyane, benshi bakabona ibyo batari biteze bitewe n’amavugurura ari gukorwa mu rwego rw’ubwikorezi rusange.
-
Amadeni y’u Rwanda ageze kuri 74,8% bya GDP: Menya imiterere yayo n’aho akomoka
28 April, by IGIHEImibare ya Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, igaragaza muri Kamena 2024, amadeni u Rwanda rwari rufite yanganaga na miliyari 12.790 Frw bihwanye na 69,6% by’umusaruro mbumbe, bigera muri Kamena 2025 amaze kugera kuri miliyari 16.099 Frw bingana na 74,8%.
-
Perezida Kagame yitabiriye umukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Bayern Munich
29 April, by IGIHEKu mugoroba wo ku wa 28 Mata 2026 Perezida Kagame yitabiriye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye i Parc de Princes mu Bufaransa, warangiye Paris Saint Germain itsinze Bayern Munich ibitego 5-4.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi Mukuru wa AfCFTA
26 August, by IGIHEPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Isoko Rusange rya Afurika, AfCFTA, Wamkele Mene, ashimangira ubushake bw’u Rwanda bwo kubahiriza ibyo rwiyemeje mu byerekeye ubucuruzi bukorwa hagati y’ibihugu bya Afurika.
-
Ubwizigame bw’u Rwanda bwitezwe kugera kuri miliyari 2,2$ mu 2026: Icyo bivuze ku muturage
29 April, by IGIHEMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko byitezwe ko mu 2026 ubwizigame bw’u Rwanda buzazamuka bukagera kuri miliyari 2,2$ bivuze ko bushobora kwifashishwa mu gutumiza ibicuruzwa hanze mu gihe cy’amezi 4,3. Ikigereranyo cya Minisiteri y’Imari ni uko mu gihe kiri imbere, ni ukuvuga nyuma ya 2026 buzazamuka bukagera kuri miliyari 2,6$.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Monica Geingos ku ngingo zirimo uburezi
26 August, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mu biro bye Monica Geingos wabaye umugore wa Perezida wa Namibia, akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Kepler College, baganira ku kamaro k’uburezi no kwegereza urubyiruko amahirwe yo kubongerera ubushobozi.
-
U Rwanda rushaka gukumira ku mbuga nkoranyambaga abatarengeje imyaka 16
29 April, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko batangiye gutegura gahunda yo gukumira abana bafite imyaka 16 kumanura ku mbuga nkoranyambaga ku buryo batazongera kuzigiraho konti cyangwa kuzijyaho ngo barebe ibyashyizweho bari mu Rwanda.
IGIHE