Perezida Paul Kagame yitabiriye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wahuje Atlético Madrid na Arsenal, ukarangira amakipe yombi anganya igitego 1-1.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye umukino Atlético Madrid yanganyijemo na Arsenal
30 April, by Iradukunda Olivier -
U Rwanda mu bihugu u Bufaransa bushaka kwisunga ku kibazo cy’abimukira muri Mayotte
27 August, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda rwashyizwe mu bihugu birindwi byo muri Afurika u Bufaransa bushaka gushyiriraho uburyo bushya bwo gutanga inkunga z’iterambere, aho izajya ijyana n’imbaraga bigaragaza mu gukumira abimukira bajya ku kirwa cya Mayotte mu buryo butemewe.
-
Uwonsa Interahamwe wese azibonera- Gen (Rtd) Fred Ibingira (Video)
30 April, by Ntabareshya Jean de DieuGen (Rtd) Fred Ibingira yibukije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashyize ku ibere umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi, ko uwo ari we wese wonsa Interahamwe azibonera.
-
Gen (Rtd) Ibingira yasubije abavuga ko ‘Abahutu bari mu buyobozi ari udukingirizo’
1 May, by Ntabareshya Jean de DieuGen (Rtd) Fred Ibingira yanenze abakomeza gucengeza ivangura mu Banyarwanda kugeza aho bavuga ko Abahutu bari mu buyobozi bw’u Rwanda ari udukingirizo, ashimangira ko politiki igihugu cyashyize imbere ari iyo kunga ubumwe aho kurebera ubushobozi bw’umuntu runaka mu ndorerwamo y’ubwoko.
-
Nta gihugu bifuza ko kiyoborwa n’Umututsi: Ubuhamya bw’uwari umuhanuzi wa FDLR
2 May, by Ntabareshya Jean de DieuPasiteri Niyonzima Jean Damascène yavuye mu Rwanda mu 1994 nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yinjira muri FDLR mu 1999. Ni umwe mu bacengezaga amatwara y’ingengabitekerezo ya FDLR mu banyamuryango bayo n’abashya bayinjizwagamo.
-
Perezida Kagame yavuze ku mubano w’u Rwanda na Tanzania, asaba ibihugu by’Akarere kunga ubumwe
3 May, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yashimye mugenzi we wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, wamwakiriye, ashimangira ko bagiranye ibiganiro bigamije gushyira imbaraga mu mubano ibihugu byombi bisanganywe, anasaba ibihugu byo mu karere kunga ubumwe.
-
Inyungu ya I&M Bank Rwanda yiyongereyeho 62%, igera kuri miliyari 18,8 Frw
27 August, by Iradukunda SergeI&M Bank Rwanda yatangaje ko inyungu yayo nyuma yo kwishyura imisoro mu gice cya mbere cya 2026 yazamutseho 62% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu 2025, igera kuri miliyari 18,8 Frw.
-
Perezida Kagame yashimye mugenzi we wa Tanzania, yizeza ubufatanye bugamije iterambere
3 May, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yashimye mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, wamwakiriye muri iki gihugu gihana imbibi n’u Rwanda, bakagirana ibiganiro byatanze umusaruro, ashimangira ko impande zombi zizakomeza gushyira imbaraga mu bufatanye bugamije iterambere ry’abaturage babyo.
-
Erdoğan wa Turikiya yijeje Perezida Kagame ubufatanye mu nganda za gisirikare
28 August, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame, yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdoğan, cyagarutse ku mubano w’ibihugu byombi ndetse n’ibibazo bireba akarere.
-
Yarashweho, afungirwa mu kigo cya gisirikare: Urwo Sir David Attenborough yaboneye mu Rwanda mu 1978
4 May, by Jean de Dieu TuyizereMu 1978, ubwo Habyarimana Juvénal yari amaze imyaka itanu akuyeho ubutegetsi bwa Kayibanda Grégoire, Abongereza babiri bakoze urugendo rw’amateka muri Afurika rwari rugamije kwerekana uko ingagi zo mu birunga zibayeho.
IGIHE