Si henshi muri Afurika uzasanga pariki mu mujyi rwagati by’akarusho mu Murwa Mukuru w’Igihugu. Hari Pariki nke zizwi ku Isi ziri mu mujyi rwagati, urugero mu Bufaransa hari Parc Zoologique de Paris iherereye i Bois de Vincennes i Paris, mu Budage i Berlin hari Tiergarten Park mu Mujyi wa Berlin n’ahandi hake.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Dutemberane Pariki ya Nyandugu ikomeje guhindura imibereho y’abatuye i Kigali (Amafoto na Video)
9 May, by Tuyishimire Umutesi Celine -
Ibitaravuzwe ku ibaruwa isingiza Juvénal Habyarimana yanditswe na Musenyeri Bigirumwami
9 May, by Jean de Dieu TuyizereMusenyeri Aloys Bigirumwami wabaye Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Nyundo, yigeze kwandika ibaruwa ikomeye yageneye abashumba, abakirisitu muri rusange na Habyarimana Juvénal wari umaze igihe gito akuyeho ubutegetsi bwa Grégoire Kayibanda.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Amb Gatete Claver ku iterambere ry’u Rwanda
28 August, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo ya Loni ishinzwe Ubukungu muri Afurika (UNECA), Amb. Gatete Claver, baganira ku rugendo rw’iterambere ry’u Rwanda n’intego z’iterambere rirambye ry’igihugu.
-
Urukundo rw’akadasohoka rw’Abanye-Congo na Habyarimana (Video)
6 May, by Jean de Dieu TuyizereUmunye-Congo ukora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Dr. Alex Mvuka, yatangaje ko hari Abanye-Congo bafataga Habyarimana Juvénal nka perezida wabo kandi ko bashenguwe bikomeye n’urupfu rwe.
-
Abanyeshuri 7188 bakopeye ibizamini bya Leta bahawe amahirwe yo kubisubiramo
30 August, by IGIHEMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abana 7188 bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza bagaragayeho gukopera bagomba gusubiramo ibizamini bya Leta.
-
U Rwanda rwagiriwe inama yo kwitondera gusonera abashoramari imisoro
7 May, by IGIHEUmuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ishami rya Afurika mu Kigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, Dr. Montfort Mlachila, yagiriye inama ibihugu birimo u Rwanda kwirinda gusonera imisoro abashoramari, ahubwo rugashyiraho ingamba zihamye zatuma babona inyungu mu bikorwa byabo.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abagize Inama y’Ubutegetsi ya RDB
2 September, by IGIHEPerezida Paul Kagame, yitabiriye inama y’abagize Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), aho basuzumye ibikorwa by’ingenzi bigamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu burangajwe imbere n’ibikorwa by’abikorera.
-
U Rwanda na Botswana byasinye amasezerano mu nzego zirimo n’ubwikorezi bwo mu kirere
6 May, by Igizeneza Jean DésiréMu ruzinduko Perezida Kagame ari kugirira muri Botswana, u Rwanda n’iki gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo, byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye, zirimo ibijyanye no kudasoresha ibicuruzwa inshuro ebyiri, ubwikorezi bwo mu kirere n’ibindi.
-
Tshisekedi yasabye imbabazi, avuga ko yabeshywe agashaka gutera u Rwanda
7 May, by Jean de Dieu TuyizerePerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasabye imbabazi Abanye-Congo, avuga ko umugambi wo gutera u Rwanda yawuhagaritse nyuma y’uko atahuye ko yari yarahawe amakuru atari yo ku gisirikare cy’igihugu cye.
-
Perezida Kagame yasuye ikigo cyo muri Botswana gishinzwe ubucuruzi bwa Diamant
7 May, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi muri Botswana yasuye ikigo cyo muri iki gihugu gishinzwe gukurikirana ubucuruzi n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya diamant, kizwi nka Diamond Trading Company Botswana (DTC Botswana).
IGIHE