Urutonde rw’ibihugu Abanyarwanda bemerewe kujyamo batabanje gusaba Visa kuri ubu rwiyongereyeho Botswana; igihugu kiri muri Afurika y’Amajyepfo, ushobora gusura kubera impamvu zitandukanye zirimo ubukerarugendo, ubucuruzi n’ibindi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Igihugu gikize ariko gifite abaturage mbarwa: Ikaze muri Botswana yafunguriye imiryango Abanyarwanda
8 May, by Iradukunda Serge -
Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Botswana mu mafoto 125
8 May, by Zigiranyirazo BajecteurPerezida Paul Kagame aherutse kugirira uruzinduko muri Botswana, rwatangiye ku wa 6 rusozwa ku wa 7 Gicurasi 2027.
-
Agathe Kanziga yari ku isonga mu Kazu: Inyandiko yari yaragizwe ibanga yahishuye andi makuru
10 May, by Jean de Dieu TuyizereInyandiko yari yaragizwe ibanga yagaragaje ko umugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, yari ku isonga mu bafite ijambo rikomeye ku butegetsi kandi ko ari umwe mu batanze amabwiriza yo kwica Abatutsi guhera mu Ukwakira 1990 ubwo ingabo za RPA zatangizaga urugamba rwo kubohora u Rwanda.
-
Perezida Kagame yasabye mugenzi we w’Ibirwa bya Comores gushyigikira Mushikiwabo
10 May, by Léonidas MuhirePerezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we w’Ibirwa bya Comores, Azali Assoumani, amusaba gushyigikira kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa.
-
Nduhungirehe yongeye kugaragaza uburyarya no kwiyererutsa bya MONUSCO
10 May, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yanenze ukwiyererutsa k’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), bukomeje kurebera iyicwa ry’abasivili bwatumwe kurinda.
-
Ingabo z’u Burundi muri RDC, ubufatanye na FDLR n’ifungwa ry’imipaka: Ibinyoma bya Perezida Ndayishimiye
11 May, by Musangwa ArthurPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kugaragara mu itangazamakuru avuga ibinyoma ku mubano wazambye hagati y’igihugu cyabo n’u Rwanda ndetse n’uruhare afite mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ingengo y’Imari y’u Rwanda igiye kuzamukaho miliyari 844,2 Frw
11 May, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2026/2027 izagera kuri miliyari 7.796,3 Frw, ikaziyongeraho miliyari 844,2 Frw ugereranyije na miliyari 6.952,1 Frw ziri mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.
-
Ntiwavuga ngo u Burundi bushaka gusenya FDLR kandi bikorana- Nduhungirehe yasubije Ndayishimiye
12 May, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi adakwiye kubeshya ko igihugu cye gishaka gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR kandi byifatanya mu ntambara yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Inyungu ya MTN Rwanda yazamutseho 466,6%
12 May, by IGIHEMTN Rwanda yatangaje ko amafaranga yinjije mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka yiyongereyeho 21,2% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu mwaka ushize, agera kuri miliyari 81,4 Frw. Inyungu nyuma yo kwishyura imisoro yiyongereye kuri 466.6%, igera kuri miliyari 8,3 Frw.
-
Imishinga migari yitezweho gushyigura ubuhinzi n’ubworozi bw’u Rwanda
18 May, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, ifatanyije n’ibigo biyishamikiyeho, yatangaje ko nk’uko bikubiye mu mbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya 2026/2027, yagenewe arenga miliyari 354,5 Frw avuye kuri miliyari 245,7 Frw yari yagenewe urwego rw’ubuhinzi n’ubworozi mu 2025/2026.
IGIHE