Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta gihugu cyangwa umuyobozi wundi wo ku Isi ushobora gufasha Umugabane wa Afurika kurenga ibibazo ufite, ashimangira ko byashoboka gusa hashyizwe imbaraga mu bufatanye bugizwemo uruhare n’Abanyafurika ubwabo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Nta muyobozi w’igihugu uko cyaba ari igihangange kose uzacungura umugabane wacu- Perezida Kagame
12 May, by Iradukunda Serge -
Perezida w’u Bufaransa ntashyigikiye ko u Rwanda rufatirwa ibihano
13 May, by Jean de Dieu TuyizerePerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko ibihugu by’i Burayi bidakwiye kwihutira gufatira u Rwanda ibihano bishingiye ku kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarabikoze, abisaba gushyigikira ibiganiro bigamije gukemura amakimbirane.
-
Abiga mu mashuri ya TVET barenze ibihumbi 80: Iterambere ry’imyuga mu mibare
17 May, by Igizeneza Jean DésiréImyuga n’ubumenyingiro ni nk’uruti rw’umugongo ku bukungu bw’igihugu runaka, kuko abayirangizamo bahita babona akazi ku rugero rwo hejuru, bagakora ibyo bize, ibihugu bigatera imbere byihuse.
-
Imwe mu mishinga y’ibikorwaremezo yitezweho gutwara miliyari 800 Frw mu 2026/27
14 May, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwaremezo n’ibigo biyishamikiyeho byagenewe ingengo y’imari y’arenga miliyari 843,4 Frw mu 2026/2027 akazifashishwa mu kubaka, gusana no kubungabunga ibikorwaremezo bitandukanye.
-
Perezida Kagame yakiriye itsinda riyobowe n’umushoramari Ahmed El Sewedy
13 May, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye itsinda riyobowe na Perezida akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Elsewedy Electric, ikigo gikomeye cyo mu Misiri gikora mu nzego zitandukanye zirimo ingufu, ibikorwaremezo n’inganda, Ahmed El Sewedy.
-
Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga menshi - Perezida Kagame yavuze uburyo Afurika yamburwa ikanahanwa
14 May, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo bemereye ibihugu bikomeye.
-
Amahoteli, imishinga y’amashanyarazi n’ubufatanye: Menya amasezerano akomeye yasinyiwe muri Africa CEO Forum
14 May, by IGIHEInama ya Africa CEO Forum yabaye urubuga rwatumye u Rwanda rubona abashoramari bashya bagiye gukora ishoramari mu nzego zinyuranye zirimo amashanyarazi, amahoteli yo ku rwego rwo hejuru n’indi mishinga irimo n’inganda.
-
Byagenze bite ngo ahiciwe Abatutsi benshi hahabwe izina ‘CND’?
15 May, by Jean de Dieu TuyizereMbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubutegetsi bwa Habyarimana Juvénal bwakwirakwije ingengabitekerezo ya Jenoside bwifashishije abavuga rikumvikana barimo abanyapolitiki, abahanga n’abacuruzi, bakora ubukangurambaga bugamije kugaragaza ko Umututsi aho ava akagera ari umwanzi w’igihugu.
-
Uko umugambi wa Tshisekedi wo kwibasira u Rwanda mu nama ya Afurika n’u Bufaransa wapfubye
15 May, by Jean de Dieu TuyizereKu munsi wa nyuma w’inama ya Afurika n’u Bufaransa yabereye i Nairobi muri Kenya tariki ya 11-12 Gicurasi 2026, Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuye muri Uganda igitaraganya, afite umugambi wo kongera kwibasira u Rwanda nk’uko yabigenje kenshi ubwo yabonaga amahirwe yo kubikora.
-
The Pinnacle Kigali yinjiye mu mubare w’amahoteli mato meza ku Isi
16 May, by Tuyishimire Umutesi CelineHoteli ya The Pinnacle Kigali yinjiye mu ruhando rwa hoteli nto nziza ku Isi zizwi nka “Small Luxury Hotel of the World (SLH)’ kubera ubwiza bwayo, serivisi nziza no korohereza abayisuye kubona ubwiza bwa Kigali.
IGIHE