Perezida wa IBUKA, Dr Gakwenzire Philbert yatangaje ko kuba Kabuga Félicien yapfuye bidasobanuye ko ibyaha yakoze bipfuye, nubwo we yapfuye ataburanishijwe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Kabuga arapfuye ariko ibyaha yakoze byo ntabwo bipfuye- Dr Gakwenzire wa IBUKA
16 May, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Gen Muhoozi ajya i Kigali, i Kampala basigaranye impungenge: Ibishya ku izahuka ry’umubano wa Uganda n’u Rwanda
19 May, by Iradukunda SergeIzina Gen Muhoozi Kainerugaba riri mu adashobora kurenzwa ingohe mu biganiro bigaruka ku kuzahuka k’umubano w’u Rwanda na Uganda. Umwe mu bazi neza uruhare rw’uyu musirikare ni Dr Adonia Ayebare, Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Abibumbye.
-
Urugendo ruzageza u Rwanda kuri megawatt 1500 z’amashanyarazi y’ingufu za nucléaire
19 May, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rugeze kure urugendo rwo gushaka uburyo rwakwifashisha ingufu za nucléaire mu bikorwa bitandukanye bigamije iterambere, aho nko ku mashanyarazi rwifuza kuba rufite agera kuri gigawatt 1,5 akomoka kuri izi ngufu bitarenze 2050.
-
Perezida Kagame yashyikirijwe raporo yinjiza u Rwanda mu cyiciro gishya kiganisha ku ngufu za nucléaire
19 May, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yashyikirijwe raporo yakozwe n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe ingufu za nucléaire, ikubiyemo ibyavuye mu isesengura ry’icyiciro cya mbere ku bijyanye n’ibisabwa kugira ngo mu Rwanda hashyirwe ibikorwaremezo bibyaza umusaruro ingufu za nucléaire.
-
Suluhu yashimiye Perezida Kagame wafashe iya mbere ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire muri Afurika
19 May, by Igizeneza Jean DésiréPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yashimiye Perezida Kagame wakoze ubutaruhuka mu guharanira ko Afurika na yo yaza imbere muri gahunda zo kwisunga ingufu za nucléaire mu iterambere ry’uyu mugabane.
-
Mozambique yemeye gutanga amafaranga akenewe ku butumwa bw’Ingabo z’u Rwanda i Cabo Delgado
20 May, by Iradukunda SergeLeta y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo kubona ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi utangiye gukoresha ubutumwa bw’Ingabo zarwo bwo kurwanya iterabwoba i Cabo Delgado nk’igikoresho cya politike, yagiranye ibiganiro na Leta ya Mozambique, yemera kwishyura ikiguzi cyose cy’ubu butumwa aho kugira ngo buhagarare.
-
Abanyarwanda bumva bate ‘guhuhura’ umurwayi urembejwe n’uburibwe, utazakira?
21 May, by Theodomire Munyengabe, Nsanzimana Erneste, Nshimiyimana Jean BaptisteMu bihugu bimwe byo mu Burengerazuba bw’Isi bamaze iminsi biga ku mategeko ajyanye no gufasha abarwayi barembejwe n’ububabare bakabatera imiti, abandi bakabaha imiti yo kunywa kugira ngo ubuzima bwabo burangire byihuse batababaye. Abanyarwanda bamwe basanga bikenewe mu gihe hari n’ababisanisha n’ubwicanyi.
-
Inyungu fatizo ya BNR yazamuwe ishyirwa ku 8,25%
21 May, by Philbert GirinemaBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 7,25% rwari rwashyizweho muri Gashyantare uyu mwaka, irushyira ku 8,25% mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko rikomeje kwiyongera.
-
Amahirwe y’ishoramari aboneka muri Kigali mu rwego rw’ubukerarugendo
23 May, by Zigiranyirazo BajecteurKigali ikomeje kuba umwe mu mijyi iri gutera imbere by’umwihariko mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho ibikorwaremezo bikomeje kubakwa, umutekano, isuku n’imiyoborere myiza bikarushaho gukura ari na ko abashoramari banyuranye batakizuyaza kuhashora agatubutse.
-
Yaretse akazi keza ka Leta yihebera ubucuruzi buha akazi abarenga 3000: Rwiyemezamirimo Kalima Jean Malic
22 May, by Léonidas MuhireUmushoramari Kalima Jean Malic washinze Ivuriro rya Legacy Clinic yagaragaje uburyo yikuye mu kazi ka Leta aho yari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ‘Protocole’ ya Leta ariko ahitamo kwikorera ahereye mu mabuye y’agaciro none ubu ibikorwa bye byose bimaze guha akazi abarenga 3000.
IGIHE