Polisi y’u Rwanda iri kwizihiza imyaka 25 ibayeho. Muri Kamena 2000 nibwo yavutse nyuma yo guhuza inzego eshatu zarimo Gendarmerie Nationale yakoreraga muri Minisiteri y’Ingabo, Polisi ya Komini yakoreraga muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Abagenzacyaha (Judicial Police Inspectors) bakoreraga muri Minisiteri y’Ubutabera.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibifaru, indege, drones, Sophia n’ibindi: Ibikoresho Polisi y’u Rwanda yifashisha mu kazi (Amafoto na Video)
28 May, by Philbert Girinema -
Mu Rwanda hashobora kubakwa uruganda ruteranya imodoka za Dongfeng bitarenze mu 2030
29 May, by Léonidas MuhireUbuyobozi bw’Ikigo Longtai Group Rwanda gicuruza imodoka zikorerwa mu Bushinwa bwatangaje ko bitarenze mu 2030 i Kigali hazubakwa ishami riteranya imodoka z’uruganda Dongfeng.
-
Intego ni uko Ebola itagera mu Rwanda- Ihumure rya Minisitiri Nsanzimana
29 May, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko inzego z’ubuzima ziri gukora ibishoboka byose kugira ngo zirusheho gukumira icyorezo cya Ebola gikomeje kuyogoza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda.
-
Mu Rwanda hashobora gutangira kwifashishwa amashanyarazi mu gutwika imirambo
1 June, by Idukunda Kayihura Emma SabineGutwika imirambo biri kwisungwa cyane nk’uburyo bufasha ibihugu kurondereza ubutaka no kubungabunga ibidukikije nubwo bitarakirwa neza mu baturage cyane cyane Abanyafurika.
-
U Rwanda rwizeye ko ubufatanye mpuzamahanga buzarufasha kugera ku ngufu za nucléaire
31 May, by Ntabareshya Jean de DieuUmuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo, yatangaje ko mu cyerekezo u Rwanda rufite cyo gutangira gukoresha ingufu za nucléaire mu bikorwa bya gisivile, rufitemo abafatanyabikorwa batandukanye bazarufasha kugera kuri iyi ntego rwihaye.
-
RSSB Tigers yabaye ikipe ya mbere yo mu Rwanda yegukanye igikombe cya BAL (Amafoto)
31 May, by Iradukunda OlivierIkipe ya RSSB Tigers BBC yakoze amateka yo kuba ikipe ya mbere yo mu Rwanda yegukanye irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2026), nyuma yo gutsinda Petro de Luanda yo muri Angola amanota 90-88, mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame.
-
U Rwanda rwisunze igitekerezo cy’umucamanza mu rubanza rwatsinzwemo n’u Bwongereza
1 June, by IGIHEUmuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rwubaha umwanzuro w’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubuhuza ku cyemezo rwafashe ku kirego rwari rwarezemo u Bwongereza, rusobanura ko uru rubanza rwari rukomeye kandi rushobora gufatwaho imyanzuro itandukanye mu rwego rw’amategeko nk’uko byavuzwe n’umwe mu bacamanza.
-
U Rwanda rwatangiye inzira yo kumvikanisha ko Amerika ikwiriye gukuraho ibihano yafatiye RDF
2 June, by Iradukunda SergeAmbasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mukantabana Mathilde, yatangaje ko u Rwanda rukomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo rugaragaze ukuri, Ingabo zarwo zikurirweho ibihano zafatiwe na Washington, kubera intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yashimiye Macron ubwitange yagize bwo kwemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside
2 June, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yashimiye Emmanuel Macron w’u Bufaransa ubwitange yagize bwo kwemera ko igihugu cye cyatereranye u Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gihe cyari gifite ubushobozi bwo kuyihagarika.
-
Uko FDLR yiremeye ingabo n’ubwihisho
3 June, by Jean de Dieu TuyizereUmutwe w’iterabwoba wa FDLR uracyafite umugambi wo gutera u Rwanda uturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukamena amaraso y’Abanyarwanda nk’uko wabigerageje kenshi mu bice birimo ibyo mu majyaruguru no mu burengerazuba bw’igihugu.
IGIHE