Ntibikiri ikibazo cy’uko i Kigali nta gikorwaremezo gikomatanya ibikorwa bya siporo, umuco n’imyidagaduro no kwakira abantu gihari, kuko hari Zaria Court Kigali yuzuye itwaye miliyoni 25$ [asaga miliyari 36 Frw], ikaba imaze igihe gito itashywe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Feinstein wagize uruhare mu kubaka Zaria Court yagarutse kuri Perezida Kagame n’uko abona iterambere ry’u Rwanda
20 August 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
RDC yakoresheje amafoto ye imwita umusirikare w’u Rwanda yafashe kandi ari umuturage uri i Kigali
29 December 2024, by IGIHEHashize iminsi Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiri guca igikuba ku mbuga nkoranyambaga, kigaragaza ko cyafashe umusirikare w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ari kurwana ku ruhande rwa M23.
-
Monetary Policy Committee and Financial Stability Committee
21 August 2025, by IGIHE -
Urukundo rw’Abanyarwanda kuri Perezida Kagame n’umubano w’u Rwanda n’u Bushinwa: Ambasaderi Gao twaganiriye (video)
26 August 2025, by Mugisha ChristianAmbasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, umaze ibyumweru birindwi muri izi nshingano, yagaragaje ko yanyuzwe no kuza muri iki gihugu, kandi yiteguye gukomeza kubakira ku mubano usanzweho uharanira iterambere ry’abaturabe b’ibihugu byombi.
-
Ibyo wamenya ku mu mushinga w’imodoka zigendera mu kirere i Kigali ushobora kwinjiramo Aliko Dangote
27 August 2025, by Mugisha ChristianUmujyi wa Kigali ukomeje kwakira impinduka zidasanzwe mu rwego rw’ubwikorezi. Mu myaka mike iri imbere, abawutuye bashobora gutangira kunyura mu kirere mu modoka zigendera ku migozi [Cable cars].
-
Uruhande rutavuzwe ku buzima bwite bwa Kate Bashabe
24 August 2025, by Idukunda Kayihura Emma SabineKate Bashabe arazwi cyane mu myidagaduro mu Rwanda, ariko ni na rwiyemezamirimo ubifatanya n’ibikorwa by’ubugiraneza cyane cyane yibanda ku gufasha abana baturuka mu miryango itishoboye, akabagurira ibirimo ibikoresho by’ishuri mu gushyira itafari ku ireme ry’uburezi mu Rwanda.
-
Azam FC yakosoye APR FC mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi ryegukanywe na Police FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
24 August 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ntabwo turi ba gashozantambara ariko kuba ba karwanantambara byo turi byo - Perezida Kagame
25 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréUmugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko nta muntu ugomba kugena uko u Rwanda rugomba kubaho, asaba Ingabo z’u Rwanda kugaragariza ukuri abaruharabika, ushaka kuzana intambara bakamurasa mu buryo bwo gukomeza kurinda ubusugire bw’igihugu n’Abanyarwanda.
-
Ibura ry’amazi, guhangana n’ibihombo by’ameneka no kuyasaranganya: Ikiganiro na Dr. Kabaasha wa Wasac Group
28 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru mushya w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC Group, Dr. Asaph Kabaasha, yavuze ko ibibazo biri muri serivisi zo gukwirwakiza amazi, ameneka n’ icy’isaranganywa ryayo biri mu byo agiye gushyiramo imbaraga.
-
Urwibutso Jimmy Carter wayoboye Amerika asize mu Rwanda
30 December 2024, by Jean de Dieu TuyizereSi ibanga, bizwi hose ko ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994, umuryango mpuzamahanga washyize agati mu ryinyo nk’aho utabonaga ko inzirakarengane zicwa. Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu bihugu byatoye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano w’uko ingabo zari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye zidahagarika Jenoside.
IGIHE