Umutwe w’iterabwoba wa FDLR uracyafite umugambi wo gutera u Rwanda uturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukamena amaraso y’Abanyarwanda nk’uko wabigerageje kenshi mu bice birimo ibyo mu majyaruguru no mu burengerazuba bw’igihugu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Uko FDLR yiremeye ingabo n’ubwihisho
3 June, by Jean de Dieu Tuyizere -
APR FC yasezereye aba mbere, Rayon Sports ishobora kurekura abarenga 10: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu
3 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo yatangiye kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda.
-
Mitterrand yaba yaramenye mbere abishe Habyarimana?
4 June, by IGIHEAbarwanya ubuyobozi bw’u Rwanda cyane cyane ababaye mu butegetsi bwa Habyarimana Juvenal no muri Leta yiyise iy’Abatabazi bakwirakwiza ibinyoma ku rupfu rw’uyu wayoboye Repubulika ya Kabiri, babeshya ko yishwe n’Inkotanyi, nyamara François Mitterrand wari Perezida w’u Bufaransa icyo gihe yemeje ko Inkotanyi zari zishimiye amasezerano ya Arusha ku buryo zitari kwica Habyarimana.
-
Teleport y’u Rwanda yahawe icyemezo kiyigira iya mbere muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara
4 June, by Igizeneza Jean DésiréTeleport y’u Rwanda igenzurwa n’Ikigo cyarwo gishinzwe iby’Ibisanzure (RSA) yahawe icyemezo cyo ku rwego rwa gatatu (Tier 3), kiyigaragaza nk’igikorwaremezo gitanga serivisi z’itumanaho ryifashisha satellite kurusha ibindi muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
-
Rayon Sports muri Uganda, Kiyovu SC yaguze uwa mbere: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Kane
4 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo yatangiye kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibyiriwe bivugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda.
-
Icyiciro cya mbere kigeze kuri 94%: Isura nshya y’ibishanga biri gutunganywa muri Kigali (Amafoto)
5 June, by IGIHEMu minsi mike iri imbere biteganyijwe ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali izaba igeze ku musozo. Byitezweho gutanga umusanzu mu kurengera ibidukikije, kurwanya ibiza, gutanga umwuka mwiza ndetse n’ahantu ho kwidagadurira no kuruhukira.
-
Minisitiri Nduhungirehe asanga umuhuza utabogamye ari we uzageza akarere ku mahoro arambye
4 June, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko umubano w’u Rwanda na Amerika umeze neza kuko watanze umusaruro ufatika mu ngeri zitandukanye zirimo ubuzima, ubucuruzi umutekano n’ibindi, ndetse ahamya ko Amerika ari umuhuza mwiza ushobora gufasha kugera ku mahoro arambye mu karere mu gihe yaba umuhuza utabogamye.
-
Rayon Sports yasinyishije babiri ba mbere: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu
5 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu.
-
Rayon Sports yatangaje uwa gatatu: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu
6 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
-
Nitwongera umusaruro n’ibyo kongera umushahara bizikora - Dr Nsengiyumva ku mushahara fatizo
7 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko abantu badakwiye gukomeza gutekereza ishyirwaho ry’umushahara fatizo, ahubwo ko hakwiye gushyirwa ingufu mu kongera umusaruro kuko umukoresha wabonye umusaruro mwinshi na we nta kabuza yongera umushahara w’abawumugejejeho.
IGIHE