Tekereza kujya kwa muganga wumva ubabaye, uribwa kandi ukeneye ko muganga agufasha, bakakubwira ngo uzagaruke kuvurwa nyuma y’amezi umunani cyangwa imyaka ibiri.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibibazo mu buvuzi bwo kubaga mu Rwanda
8 June, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Umunsi mazutu u Rwanda rukoresha yikuba kabiri kubera ba rusahuriramunduru b’abanyamahanga
7 June, by Igizeneza Jean DésiréIyo Isi yugarijwe n’ibibazo, u Rwanda rufata iya mbere mu kurengera abaturage barwo rukigomwa byinshi kugira ngo ibature umutwaro.
-
Abanyarwanda 26.000 biga mu mashuri abanza barengeje imyaka 18
9 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteIngingo yerekeye amashuri abana b’u Rwanda bigamo ni imwe mu zisa n’izakemutse kuko muri buri kagari usangamo ibigo by’amashuri abanza nibura bibiri, buri mudugudu bakagira irerero, ibituma abana bose batangirira kwiga ku gihe nubwo hatabura abayacikirije mu bihe byashize bashobora kujya kwiga ari bakuru.
-
Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga rya AI, Ingengo y’Imari nshya n’abayobozi bashya – Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
8 June, by IGIHEInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026, iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ishyirwaho ry’lkigo cy’lgihugu gishinzwe Ikoranabuhanga ry’Ubwenge buhangano, kizihutisha iterambere ry’ikoranabuhanga, guhanga ibishya, gushyira mu bikorwa, ishoramari n’imiyoborere; hagamijwe gushyigikira impinduramatwara mu ikoranabuhanga no guteza imbere ubukungu bw’u Rwanda.
-
IMF yemereye u Rwanda inguzanyo y’asaga miliyari 365 Frw
9 June, by Jean de Dieu TuyizereIkigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyemereye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 250 z’Amadolari (miliyari 365,75 Frw) yo kwifashisha muri gahunda zo guhangana n’ibibazo byugarije urwego rw’ubukungu, by’umwihariko muri iki gihe mu Burasirazuba bwo Hagati hari kuba intambara.
-
Umweyo muri Rayon Sports: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu
10 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho byavuzwe mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu.
-
OIF yasanze mu mayirabiri, isigaye yemye: Impamvu Mushikiwabo akwiye manda ya gatatu
10 June, by Jean de Dieu TuyizereNyuma y’imyaka irindwi Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ari Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa, ashaka kongera guhatanira manda ya gatatu, aho azaba ahatanye n’abakandida barimo Juliana Amato Lumumba wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Coumba Ba wo muri Mauritanie na Dacian Ciolos wo muri Roumanie.
-
Ni ikosa ry’u Burundi- Minisitiri Nduhungirehe ku mubano wabwo n’u Rwanda
10 June, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko umubano w’u Rwanda n’u Burundi wazambye biturutse ku ikosa ry’iki gihugu cy’abaturanyi kidafite ubushake bwo kubana neza.
-
Ibyo wamenya ku maraso mashya yinjiye muri Guverinoma
11 June, by IGIHEMu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026, Perezida yakoze impinduka muri Minisiteri eshatu icyarimwe, zisiga hose hinjijwemo amaraso mashya. Abagizwe Abaminisitiri bamwe bari basanzwe muri Guverinoma abandi ni bashya. Nka Murwanashyaka Damien wagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo ni mushya, mu gihe Kajangwe wahawe kuyobora MINICOM ayiziho byinshi nubwo atabarizwaga muri guverinoma.
-
Ibikorwa by’ingenzi bizibandwaho mu ngengo y’imari ya 2026/27
13 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yagejeje ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko umushinga w’ingengo y’imari y’u Rwanda ya 2026/2027 izaba ingana na 7796,3 Frw, arimo arenga 62,9% yagenewe iterambere ry’ubukungu.
IGIHE