Umutwe w’iterabwoba wa FDLR-FOCA uyobowe mu rwego rwa gisirikare na Pacifique Ntawunguka uzwi nka ‘Général Omega’ ukomeje kwiyubaka mu buryo bwa gisirikare n’ubwa politiki, bijyana n’umugambi wo gushoza intambara ku Rwanda ubifashijwemo n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
FDLR ya none kuva ku musingi kugeza ku gisenge, uko iyobowe n’imikoranire na Leta ya Tshisekedi
18 June, by Jean de Dieu Tuyizere -
U Rwanda rwavuze ku bushotoranyi bwa Tshisekedi watutse Abanyarwanda, akigamba intambara
18 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje Abanyafurika baraye mu byishimo by’uburyo Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanganyije na Portugal 1-1 ariko Perezida Tshisekedi agahitamo guherekeresha ibi byishimo ibitutsi no kuvuga ko yiteguye kujya kurasa mu Burasirazuba bw’igihugu cye.
-
Abanyarwanda bitege igabanyuka ry’ibiciro kubera amasezerano ya Amerika na Iran?
19 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteAmasezerano y’ibanze ku guhagarika intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yashyizweho umukono ku wa 17 Kamena, arimo ingingo yo gufungura inzira ya Hormuz yahungabanyije ubukungu bw’Isi, kubera ubwato amagana butwara ibicuruzwa birimo n’ibikomoka kuri peteroli bwabuze inzira.
-
Abapolisi bakuru bo mu bihugu 10 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
19 June, by Ntabareshya Jean de DieuAbapolisi bakuru 38 bo mu bihugu 10 birimo n’u Rwanda basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, NPC, riherereye i Musanze.
-
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje Abanyarwanda banduriye Marburg mu mibonano mpuzabitsina
20 June, by IGIHEUbushakashatsi bushya bwagaragaje ibimenyetso bikomeye by’uko mu gihe icyorezo cya Marburg cyari cyugarije u Rwanda mu 2024, hari abagore banduye iyi virusi nyuma yo gukorana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’abagabo bari barayirwaye bakayikira.
-
Impamvu u Rwanda rushaka ko Intara y’Amajyaruguru ijya muri ‘UNESCO Global Geopark’
21 June, by Tuyishimire Umutesi CelineU Rwanda ruherutse guhitamo Intara y’Amajyaruguru nk’ahantu hashobora kujya mu byanya byahariwe kurengera urusobe rw’ibinyabuzima mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), ibizwi nka UNESCO Global Geopark.
-
Impanuro za Perezida Kagame zizatubera urumuri mu myaka amagana iri imbere- Mussa Fazil
21 June, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi, PDI, Mussa Fazil Harerimana, yabwiye abayoboke baryo ko impanuro n’ubuyobozi bwiza bwa Perezida Paul Kagame bigomba kuba urumuri ku Banyarwanda muri iki gihe, n’imyaka iri imbere, uko ubuyobozi buzagenda busimburana.
-
RDC yakajije ibikorwa byo gufasha FDLR kugaba ibitero ku Rwanda
24 June, by Musangwa ArthurNyuma y’amezi hafi umunani u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinye amasezerano y’amahoro no guteza imbere ubukungu, ateganya no gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ubuyobozi bwa RDC buri gutegura mu ibanga uburyo bwo kongerera imbaraga FDLR no kuyiha ubufasha bw’ibikoresho n’ubwa gisirikare hagamijwe kugaba ibitero ku Rwanda.
-
Kutamagana u Rwanda mu mpamvu zateye amahari hagati ya RDC na Angola
23 June, by Jean de Dieu TuyizereUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibuhuza n’ubwa Angola ku mushinga w’ibiganiro by’amahoro bizahuza Abanye-Congo bitewe n’imyumvire itandukanye impande zombi zifite ku Rwanda, ihuriro AFC/M23 no ku kuvugurura Itegeko Nshinga.
-
Nduhungirehe yatanze icyizere ku mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo
24 June, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatanze icyizere ko umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo utazongera kuzamba kuko impande zombi zifite ubushake bwo kubana neza.
IGIHE