Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi ba Studio Libeskind, ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gikora ibijyanye no gushushanya inzu n’ibindi bijyanye n’imyubakire.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Libeskind ku mushinga wa ‘monument’ izashyirwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
25 June, by IGIHE -
Ingingo zatumye abagize PAC bataha batanyuzwe ku mikorere ya RTDA
26 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteInshuro nyinshi abayobozi bitaba Komisiyo y’umutwe w’abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo, PAC, bahava ibisobanuro batanze bitanga icyizere ko hari ikigiye guhinduka ariko umunsi wa mbere wasize bavuze ko batanyuzwe n’uburyo imirimo ikorwa mu gusana no kwita ku mihanda itwara akayabo nyamara ibyakozwe ntibirambe.
-
Mu Rwanda abangavu 60 baterwa inda buri munsi: Umuti uzaba uwuhe?
26 June, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko abana b’abakobwa baterwa inda nibura buri mwaka barenga ibihumbi 23, bakaba abana 60 ku munsi.
-
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko ku gukumira inda ziterwa abangavu
26 June, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko ryitabiriwe n’abagera ku 2000, yiga ku buryo bwo gukumira no kurandura inda ziterwa abangavu zikomeje kwiyongera buri mwaka.
-
Perezida Kagame yavuze kuri ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara
27 June, by IGIHEPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwubatse politike yo guha abantu amahirwe yo guhinduka no kwibona mu gihugu, ku buryo hari n’abari bavuye mu nkambi z’impunzi zirimo Tingi Tingi muri Zaire na Ngara muri Tanzania bagaruwe mu gihugu, bahabwa umwanya, bamwe bagera no ku rwego rwo kuba ba Minisitiri, hatitawe ku mateka yabo.
-
Kagame yavuze kuri Kayumba, Karegeya, Rudasingwa n’abandi bibonagamo kuba ba perezida
27 June, by IGIHEPerezida Paul Kagame yavuze kuri bamwe mu bahoze mu nzego zikomeye z’igihugu, barimo Kayumba Nyamwasa, Patrick Karegeya na Théogène Rudasingwa, avuga ko bari mu bantu bigeze kwibona cyangwa bakabonwamo n’abari hanze nk’abashobora kuba ba perezida, ariko bagambiriye ikibi.
-
Salomon Kabera, umwana wifuza kujyana u Rwanda muri ‘Formula1’: Ubusabe bw’umunyempano wihariye (Video)
28 June, by Iradukunda OlivierIyo tuvuze siporo y’imodoka nto, abenshi bumva Formula One (F1), rimwe mu masiganwa akomeye ku Isi mu mikino yo gusiganwa mu modoka, rigakinwa n’umugabo rigasiba undi. Kumva ko hari Umunyarwanda wazakina iri rushanwa rushaka kwakira, benshi bashobora kubifata nk’urwenya, ariko Kabera Gasare Salomon, ageze kure ashaka gukabya izi nzozi.
-
Ntushobora kuba utekereza mu macakubiri ngo uhangane n’ibibazo bikugarije- Perezida Kagame
27 June, by IGIHEPerezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye gusiga inyuma ibyerekeye amacakubiri byose kugira ngo bashobore guhora imbere y’abatifuriza ineza igihugu, kuko amacakubiri yagize ingaruka zikomeye mu Rwanda ugereranyije n’ahandi ku Isi.
-
Gen Ibingira yatanze ubuhamya bw’ibyabaye umunsi wa mbere ahura na Perezida Kagame ku rugamba
28 June, by IGIHEGen (Rtd) Fred Ibingira yagarutse ku byabaye umunsi Perezida Kagame ava muri Amerika akajya kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu, asobanura ko icyo gihe ingabo zari zacitse intege kuko na we bahura bwa mbere tariki 26 Ukwakira 1990, yari yamaze guta icyizere.
-
Ni nde wavuze ko u Bushinwa ari igihugu cy’ubucuruzi gusa? Tujyane mu mijyi itangaje ya Qingdao na Yantai
28 June, by Mugisha ChristianNigeze kumva abantu bari gutebya i Kigali, bavuga ukuntu u Bushinwa ari igihugu cy’inganda n’ubucuruzi gusa, ku buryo ukandagiyeyo wese aba agiye kurangura ibicuruzwa gusa. Uvuga ibyo aba atarabyibonera n’amaso ye! Ni ukuri koko u Bushinwa ni igihangange mu by’ubucuruzi n’ubukungu, ariko ni n’igicumbi cy’amateka, umuco, ndetse n’ubwiza nyaburanga bwakurura umutima w’uwo ari we wese.
IGIHE