Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka gusura i Kinshasa inshuti ye y’akadasohoka, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rwataziriwe ubufatanye bw’ibihugu byombi no guharanira umutekano w’Akarere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ndayishimiye yijeje Tshisekedi kumugwa inyuma: Ibitaravuzwe ku ruzinduko rw’i Kinshasa
5 July, by IGIHE -
Icyaha cy’inkomoko cya Habyarimana: Coup d’état yayoboye yabibye imbuto z’amakuba
5 July, by Musangwa ArthurMu mugoroba wo ku wa 4 Nyakanga 1973, mu gihe Kigali yari isinziriye, Habyarimana yakoresheje ingabo za Leta mu guhirika Grégoire Kayibanda wari waramugiriye icyizere kandi akamufasha kuzamuka mu nzego z’ubutegetsi.
-
Iminsi ya mbere ishaririye y’urugamba rwo kubohora igihugu: Ubuhamya bwa Col (Rtd) Mugisha (Video)
6 July, by Philbert GirinemaMu 1987, Col (Rtd) Vincent Mugisha wigaga mu mashuri yisumbuye, we na bagenzi be biganaga binjiye mu Ngabo za Uganda kugira ngo babone ubumenyi buzabafasha mu kubohora u Rwanda.
-
U Rwanda rwa mbere n’ubu: Imibereho y’Abanyarwanda mu ndorerwamo y’imyaka 32 ishize
7 July, by Tuyishimire Umutesi CelineImyaka 32 irashize u Rwanda rubohowe, Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, igihugu gitangira urugendo rutoroshye rwo kongera kubaka ubuzima, inzego, imiryango n’icyizere cy’abaturage.
-
Perezida Kagame yagaragaje uko AI iri guhindura ubuzima bwa Afurika
8 July, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko Umugabane wa Afurika witeguye gutanga umusanzu mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, ahamya ko urubyiruko rwa Afurika ruri gukora imishinga inyuranye rukoresheje AI kandi itanga umusaruro.
-
Umuguzi azajya yikorera ‘facture’: Umusogongero ku mpinduka zitezwe kuri EBM
9 July, by Nshimiyimana Jean BaptisteWigeze ujya guhaha wasaba inyemezabuguzi ya EBM umucuruzi akakumvisha ukuntu ihuzanzira ryanze, ndetse akagusaba gusiga nimero ya telefoni ariko ugategereza amaso agahera mu kirere? Iteka rya Minisitiri riheruka kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri ririmo byinshi bijyanye n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi ariko rikanaha umuguzi ububasha bwo kuyikora umucuruzi akayemeza.
-
Imvugo ya Trump ku bibazo by’u Rwanda na RDC yongeye gutera urujijo
9 July, by Iradukunda SergePerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimangiye ko yagize uruhare mu kurangiza amakimbirane yari amaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gusa ibimenyetso bihabanye n’imvugo ye.
-
Abaturutse muri El Salvador, koherezwa hafi y’u Rwanda no kwigumura: Ibishya ku bacanshuro muri RDC
10 July, by Jean de Dieu TuyizereRaporo nshya y’akanama k’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe gukora iperereza kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize hanze amakuru arambuye ku mikorere n’uruhare rw’abacanshuro mu ntambara yo mu burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Kabuga Félicien yaguye ku isahani: Ibyavuye mu iperereza ku rupfu rwe
11 July, by Jean de Dieu TuyizereKu mugoroba wa tariki ya 16 Gicurasi 2026, ahagana mu masaha ya Saa kumi n’ebyiri, Urwego Mpuzamahanga Rushinzwe imirimo y’insigarira y’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (IRMCT) rwatangaje ko Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yapfuye.
-
Abashoye imari muri ‘Gabiro Agribusiness Hub’ batakiye Minisitiri w’Intebe
12 July, by Hakizimana Jean PaulAbashoye imari mu cyanya cy’ubuhinzi cya Gabiro Agribusiness Hub giherereye mu Karere ka Nyagatare, beretse Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva bimwe mu bibazo bibabangamiye birimo igiciro gihenze cy’amazi bakoresha buhira, kwishyuzwa mu Madolari ndetse no kubura abakozi mu gihe cy’ihinga.
IGIHE