Senateri Lindsey Olin Graham, umwe mu banyapolitiki bazwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kandi wari ufite ijambo rikomeye mu ishyaka ry’Aba-Republicains, yapfuye afite imyaka 71. Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe n’ibiro bye, bivuga ko yitabye Imana nyuma y’uburwayi bwamufashe mu buryo butunguranye kandi mu gihe gito.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Inshuti y’u Rwanda itarashyigikiye ko ruhabwa ibihano: Urwibutso kuri Senateri Lindsey Graham
12 July, by Iradukunda Serge -
Umunsi u Rwanda rushyirwa ku gitutu cyo guta muri yombi Bashir wayoboraga Sudani
14 July, by IGIHEIgihe nk’iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
-
Visit Rwanda yasinye amasezerano y’ubufatanye na Aston Villa
14 July, by IGIHEIkipe ya Aston Villa yo mu Bwongereza yatangaje ko yasinye amasezerano y’ubufatanye na Visit Rwanda aho izajya yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda ku myambaro yayo imbere mu gatuza.
-
Inyama zabaye kibonumwe; byagenze bite ngo zibure ku isoko?
16 July, by Ntabareshya Jean de DieuIsahani y’Umunyarwanda muri restaurant, mu birori cyangwa mu ngo, usanga itaburaho inyama yaba iy’inka, inkoko, cyangwa irindi tungo ariko muri iki gihe biri kuba ingorabahizi.
-
Kabuga Félicien, imfungwa yitaweho kurusha Abaholandi bari mu buzima busanzwe
20 July, by Jean de Dieu TuyizereMu Banyarwanda baketsweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakurikiranywe n’ubutabera mpuzamahanga, Kabuga Félicien ashobora kuba ari we witaweho kurusha abandi mu gihe yari afunzwe.
-
Espagne yegukanye Igikombe cy’Isi cya 2026 (Amafoto)
20 July, by Iradukunda OlivierIkipe ya Espagne yegukanye Igikombe cy’Isi cya 2026, nyuma yo gutsindira ku mukino wa nyuma Argentine, mu mukino wahujwe n’ibirori by’akataraboneka byitabiriwe n’abakomeye.
-
Bill Gates ari mu Rwanda, yasuye ibikorwa by’ubuzima i Rwamagana
20 July, by IGIHEUmunyemari Bill Gates ari mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kureba intambwe rwateye mu bikorwa byo guteza imbere ubuzima, aho ku ikubitiro yasuye uruganda rukora inshinge ruherereye mu Karere ka Rwamagana.
-
Dr. Rwamucyo, Kanziga n’abandi bagikurikiranwa: Gauthier wabajyanye mu butabera twaganiriye
21 July, by Jean de Dieu TuyizereMu rubanza rw’ubujurire rwa Dr. Eugène Rwamucyo rwaberaga mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris, Umushinjacyaha w’u Bufaransa yashimiye byimazeyo umuryango CPCR umaze imyaka 25 ukurikirana abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe ubutabera.
-
Imyaka 10 ya KCC: Yatangiye nta mwanya wo kugerageza, imaze kwakira abakuru b’ibihugu barenga 100 (Video)
21 July, by Philbert GirinemaKu wa 8 Nyakanga 2016, Kigali Convention Centre yafunguye imiryango ku mugaragaro, itangira urugendo rw’imyaka 10 rwahinduye isura y’u Rwanda mu kwakira inama mpuzamahanga.
-
SalamAir yo muri Oman yatangiye ingendo i Kigali (Amafoto)
21 July, by Ntabareshya Jean de DieuSosiyete y’indege ya SalamAir yo muri Oman yatangije ku mugaragaro ingendo zihuza Umujyi wa Muscat na Kigali, mu rwego rwo kwagurira ibikorwa byayo muri Afurika.
IGIHE