Umunyemari Bill Gates washinze akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, uri mu Rwanda, yashimye umusanzu Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi, UGHE (University of Global Health Equity), ikomeje gutanga mu kubungabunga amagara y’abantu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Bill Gates yashimye umusanzu wa UGHE mu kubungabunga ubuzima bw’Abanyarwanda
22 July, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Impunzi, Minisitiri, Umuyobozi wa BAD: Urugendo rudasanzwe rwa Donald Kaberuka
23 July, by Jean de Dieu TuyizereDr Donald Kaberuka ni umwe mu Banyarwanda b’inzobere ku ruhando rw’Isi mu bijyanye n’ubukungu. Yavukiye i Byumba mu Ntara y’Amajyaruguru mu 1951. Ubuto bwe muri icyo gihe buhuye n’ubw’abandi Banyarwanda benshi, kuko yisanze mu buhunzi mu bihugu by’abaturanyi akiri muto.
-
Madamu Jeannette Kagame yasabye ko hashyirwa imbaraga mu kugabanya impfu z’ababyeyi bapfa babyara
22 July, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubuzima, abashakashatsi, abanyeshuri muri Kaminuza gushyira imbaraga mu guhanga ibishya na politiki zigamije gukomeza kugabanya umubare w’ababyeyi bapfa babyara n’impfu z’abana bari munsi y’imyaka itanu no kwimakaza ubuvuzi bw’ibanze budaheza.
-
Mu ndiba y’ubucuruzi bw’abantu mu Rwanda
23 July, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yagaragaje ko icyaha cy’icuruzwa ry’abantu gihangayikishije cyane aho kuva muri Nyakanga 2025 kugeza muri Werurwe 2026, hari hamaze kugarurwa abantu 289 bari bacurujwe mu bihugu bitandukanye.
-
RwandAir na yo ishobora gutangira kujya muri Oman: Amahirwe ari mu ngendo zihuza Muscat na Kigali
25 July, by Ntabareshya Jean de DieuMu minsi mike ishize u Rwanda na Oman byinjiye mu kiragano gishya cy’imibanire cyane cyane ishingiye ku kugenderanirana, aho hatangijwe ingendo z’indege zihuza ibihugu byombi, ibyitezweho kuba isoko y’ishoramari mu nzego zitandukanye rizungukira buri ruhande.
-
Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hubs’, gahunda izahindura ubuzima bw’Abanyarwanda
24 July, by Iradukunda SergeUmuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’ izaba ikubiyemo ibikorwaremezo byubakiwe gufasha imiryango mu iterambere n’imibereho myiza.
-
Leta ya RDC na FDLR mu mugambi wo guhindura amasezerano ya Washington
26 July, by Jean de Dieu TuyizereMu gihe ibikorwa byo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 byaheze mu magambo, wo n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangije gahunda nshya yo guhindura amasezerano y’amahoro ya Washington.
-
Guhindura ubuzima bw’umuntu ntibisaba igitangaza- Madamu Jeannette Kagame
24 July, by Léonidas MuhireMadamu Jeannette Kagame yatangaje ko guhindura ubuzima bw’umuntu bidasaba ibitangaza cyangwa ubushobozi budasanzwe, ahubwo ko bitangirira ku guhabwa amahirwe no kugirirwa icyizere kandi ko ari byo umuryango Imbuto Foundation washingiyeho ushora mu bato none ibikorwa byawo bikaba bikomeje kwera imbuto z’iterambere.
-
Ikigo gishya cyo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima n’ingamba zo guhanga ibishya mu byerekeye ibiribwa -Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
24 July, by IGIHEInama y’Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry’lkigo cy’lgihugu gishinzwe Kubungabunga Urusobe rw’lbinyabuzima (Rwanda Nature Foundation - RNF), n’ingamba zitandukanye zigamije guhanga ibishya mu nzego zinyuranye.
-
Nta murwayi ukwiye kwicwa n’inzara-Madamu Jeannette Kagame yashimye umusanzu wa Solid’Africa
26 July, by Ntabareshya Jean de Dieu, Tuyishimire Umutesi CelineMadamu Jeannette Kagame, yashimye umusanzu w’Umuryango wa Solid’Africa wizihije imyaka 15 umaze wita ku barwayi batagira kirengera n’abarwaza mu bitaro bitandukanye byo mu Rwanda, yerekana ko nta murwayi ukwiye kwicwa n’inzara.
IGIHE