Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR igaragaza ko mu 2023 hapimwe Abanyarwanda 1.111.600 bipimishije Virusi itera SIDA ku bushake, muri bo hagararagaramo 9.270 banduye iyo ndwara.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abaturarwanda barenga 9000 basanzwemo Virusi itera SIDA mu mwaka umwe
7 January 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Shema Fabrice yatorewe kuba Perezida wa 16 wa FERWAFA (Amafoto)
30 August 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraDr. Shema Ngoga Fabrice wari Perezida wa AS Kigali, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
-
Rayon Sports yanyagiye Vipers SC yo muri Uganda, itanga ubutumwa ku yandi makipe (Amafoto)
1 September 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Amavugurura akomeye mu miyoborere y’Ingabo z’u Rwanda
2 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUko imyaka ishira indi igataha, urwego rw’umutekano rukenera byinshi birimo ibyarufasha guhangana n’ibibazo by’inzaduka bishobora kubangamira ubusugire bw’ibihugu n’umutekano w’abaturage. Mu bikenerwa harimo ibikoresho ariko kandi no kuvugurura imiyoborere kugira ngo ijyane n’igihe.
-
Imyaka 32 irashize: Mu cyumba cya Televiziyo Rwanda ku munsi wa mbere igaragara
31 December 2024, by Uwimana AbrahamUku ubona abantu babukereye biteguye kurasa umwaka bakinjira mu wundi, uku ubona bashyashyana bamwe bagura utwenda dushya bazaserukana, abandi bamanuza akaboga cyangwa batsinda amabuguma, uku ubona benshi buhanya bajya mu nsengero ngo bawusorezeyo bahatangirire n’undi, mu 1992 byari birenze ibyo cyane.
-
Akazi ka Perezida Kagame mu 2024 hanze y’u Rwanda (Amafoto)
31 December 2024, by IGIHEMu masaha make, Abanyarwanda barinjira mu mwaka mushya, umwaka w’ibikorwa, uw’icyizere n’iterambere ry’ejo hazaza. Ni umwaka wa mbere wihariye wa manda nshya y’imyaka itanu Perezida Kagame yatorewe muri Nyakanga 2024.
-
U Burayi bwasabye Leta ya Congo guhagarika ubufatanye na FDLR
6 January 2025, by Iradukunda SergeUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wasabye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika ubufatanye ifitanye na FDLR ndetse n’indi mitwe yitwaje intwaro, mu ntambara irimo na M23 mu Burasirazuba bw’iki Gihugu.
-
Ibiryo n’u Rwanda bimuhora ku rurimi: Imbwirwahuhame z’akandare za Ndayishimiye
22 September 2025, by IGIHEUwavuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yazindukiye u Rwanda, ntiyaba abeshye cyangwa ngo yibeshye kuko nyuma y’igihe gito asimbuye Pierre Nkurunziza ku butegetsi yatangiye kurwibasirana ingoga, arushinja kuba umuturanyi mubi.
-
Ubwikorezi bukosha, abagenzi miliyoni 1,2, n’ibihugu bya nyamwigendaho: Ikiganiro na Makolo wa RwandAir
5 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréIngendo z’indege hagati y’ibihugu bya Afurika ni kimwe mu bibazo nyamukuru bikomeje kubangamira ubwikorezi bwo mu kirere, bigatuma bwitabirwa na mbarwa nyamara bwakageze kuri bose.
-
Abana 40 b’ingagi biswe amazina: Uko umuhango wo Kwita Izina wagenze (Amafoto)
5 September 2025, by IGIHEIbihumbi by’abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda by’umwihariko abari mu rwego rw’ubukerarugendo, bahuriye mu Karere ka Musanze mu Kinigi mu muhango wo kwita izina abana b’ingagi.
IGIHE