Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nta rubuga rwa politiki rushobora gufungurirwa umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Nta rubuga rwa politiki rushobora gufungurirwa umutwe w’abajenosideri- Nduhungirehe
3 August, by Jean de Dieu Tuyizere -
FDLR yabaye ’cira nikubite’ kuri RDC, aho kuyisenya
3 August, by IGIHEUmuvugizi w’umutwe wa FDLR, Cure Ngoma, yavuze ko uyu mutwe waganiriye na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uyigaragariza ko udashaka ko ikibazo cyawo gikemurwa hakoreshejwe imbaraga, ahubwo usaba ko hagenderwa ku bukangurambaga no kuganira.
-
Minisitiri w’Ubuzima yavuye imuzi iby’inzoga z’ibyuma: Abo zishe, ibihumbi 11 zazahaje, 100 bahumye n’ibindi (Video)
4 August, by Philbert GirinemaMinisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yasobanuye ko nyuma y’aho bigaragaye ko inzoga zizwi nk’ibyuma ziri kwangiza ubuzima bw’Abanyarwanda benshi, ubuyobozi bwafashe umwanzuro wo kujya mu muzi w’ikibazo, bukareba uko igihugu cyisanze mu cyorezo gikomeye nk’iki.
-
Basambanyijwe baborewe, baheka abana macuri, imiryango irasenyuka: Ababaswe n’inzoga z’ibyuma biruhukije (Video)
5 August, by Ayera Belyne“Ni zo zankuyemo amenyo nsigarana abiri nk’ay’ifuku. Ku myaka 32 mfite ziranshajishije. Nta n’ubwo tumenya abadusambanyije twebwe abagore.”
-
U Rwanda rwahawe arenga miliyari 109 Frw azakoreshwa mu guhangana n’imihindagurikire y’ibihe
5 August, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda na Banki y’Ishoramari y’Abanyaburayi (EIB) byashyize umukono ku masezerano y’inguzanyo ingana na miliyoni 65 z’Amayero (asaga miliyari 109,7 Frw), azifashishwa mu gushyira mu bikorwa mu mushinga urimo ibijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kuzamura imibereho y’abaturage, uzwi nka ‘Volcanoes Community Resilience Project – VCRP’.
-
U Rwanda n’u Butaliyani mu biganiro ku kwakira by’agateganyo abimukira bari mu kaga
6 August, by IGIHEU Rwanda rwatangaje ko rukomeje ibiganiro n’u Butaliyani ku buryo rwakwakira by’agateganyo abimukira n’imiryango yabo mu gihe bari gushakirwa aho berekeza cyangwa se bagasubira mu bihugu byabo.
-
FDLR si impunzi- Yolande Makolo
6 August, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR utagizwe n’impunzi, bityo ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo budakwiye gukomeza kubahendahenda ngo barambike intwaro kandi hari amasezerano asobanutse ateganya uburyo bwo kuwusenya.
-
Inyungu ya Bralirwa yiyongereyeho 37,6%, igera kuri miliyari 25,3 Frw mu mezi atandatu
7 August, by IGIHEUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc rwatangaje ko mu gice cya mbere cy’umwaka wa 2026 rwabonye inyungu ingana na miliyari 25,3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro, ikaba yarazamutseho 37,6% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu 2025.
-
Icya mbere ni ugukiza ubuzima- Yolande Makolo ku ifungwa ry’inganda z’inzoga z’ibyuma
7 August, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko gufunga inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge byagombaga kubanza kuko byakozwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage, hagakurikiraho guhangana n’ingaruka zabyo mu rwego rw’ubukungu.
-
Ubufatanye bwa FDLR na Jambo ntibukiri ibanga?
8 August, by Musangwa ArthurUbutumwa bushya bw’umuryango Jambo ASBL ku masezerano yo gushyira intwaro hasi no gusubiza mu buzima busanzwe abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bwashimangiye ko impande zombi zifitanye umubano wihariye kandi weruye.
IGIHE