Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Ishoramari y’Abanyaburayi (EIB) byashyize umukono ku masezerano y’inguzanyo ingana na miliyoni 65 z’Amayero (asaga miliyari 109,7 Frw), azifashishwa mu gushyira mu bikorwa mu mushinga urimo ibijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kuzamura imibereho y’abaturage, uzwi nka ‘Volcanoes Community Resilience Project – VCRP’.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwahawe arenga miliyari 109 Frw azakoreshwa mu guhangana n’imihindagurikire y’ibihe
5 August, by IGIHE -
U Rwanda n’u Butaliyani mu biganiro ku kwakira by’agateganyo abimukira bari mu kaga
6 August, by IGIHEU Rwanda rwatangaje ko rukomeje ibiganiro n’u Butaliyani ku buryo rwakwakira by’agateganyo abimukira n’imiryango yabo mu gihe bari gushakirwa aho berekeza cyangwa se bagasubira mu bihugu byabo.
-
FDLR si impunzi- Yolande Makolo
6 August, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR utagizwe n’impunzi, bityo ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo budakwiye gukomeza kubahendahenda ngo barambike intwaro kandi hari amasezerano asobanutse ateganya uburyo bwo kuwusenya.
-
Inyungu ya Bralirwa yiyongereyeho 37,6%, igera kuri miliyari 25,3 Frw mu mezi atandatu
7 August, by IGIHEUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc rwatangaje ko mu gice cya mbere cy’umwaka wa 2026 rwabonye inyungu ingana na miliyari 25,3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro, ikaba yarazamutseho 37,6% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu 2025.
-
Icya mbere ni ugukiza ubuzima- Yolande Makolo ku ifungwa ry’inganda z’inzoga z’ibyuma
7 August, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko gufunga inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge byagombaga kubanza kuko byakozwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage, hagakurikiraho guhangana n’ingaruka zabyo mu rwego rw’ubukungu.
-
Ubufatanye bwa FDLR na Jambo ntibukiri ibanga?
8 August, by Musangwa ArthurUbutumwa bushya bw’umuryango Jambo ASBL ku masezerano yo gushyira intwaro hasi no gusubiza mu buzima busanzwe abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bwashimangiye ko impande zombi zifitanye umubano wihariye kandi weruye.
-
APR FC izajya gukina i Kinshasa?
7 August, by IGIHENyuma y’uko Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC, itomboye Les Aigles du Congo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, ubu haribazwa niba izajya gukina muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubera amakimbirane ari hagati y’ibihugu byombi.
-
Nduhungirehe yagaragaje ahakeneye umwotso ngo amasezerano ya Washington atange umusaruro
8 August, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikibazo cy’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kigomba gukemuka hashingiwe ku masezerano y’amahoro ya Washington, aho kuzana gahunda nshya.
-
Amacenga ari mu masezerano Leta ya RDC yagiranye na FDLR
10 August, by Jean de Dieu TuyizereUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buvuga ko bwateye intambwe ikomeye yo kugirana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR amasezerano yo kurambika intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abarwanyi bawo, busobanura ko buri kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Washington.
-
Muzasanga gukora igikwiye bigoye ariko ni ho ubutore bwanyu buzagaragarira - Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva
10 August, by Tuyishimire Umutesi CelineMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yabwiye urubyiruko rurangije Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 16, ko hanze aha hari amahirwe menshi yo kubyaza umusaruro ariko bitazababuza no guhura n’ibibarangaza bityo nk’intore bakwiye guhitamo neza.
IGIHE