Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko kubaka ibikorwaremezo ari intambwe ya mbere yo kugeza ku baturage amazi n’ibikoresho by’isuku n’isukura ariko byo ubwabyo bidahagije ahubwo bigomba gukurikiranwa hakarebwa ko bikoreshwa icyo byagenewe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Kumenya gukoresha ibikorwaremezo icyo byagenewe ni intsinzi - Minisitiri w’intebe Dr Justin Nsengiyumva
18 August, by Tuyishimire Umutesi Celine -
‘Divorce’, imungu yibasiye umuryango nyarwanda: Gitera mu mboni z’abubatse
19 August, by Mukundwa AngeliqueUwavuga ko umuryango ugeramiwe ntabwo yaba abeshye. Impamvu ibishimangira ni imibare ya za gatanya ikomeje gutumbagira uko bwije n’uko bukeye, ingaruka mbi zikaba uruhuri kuva ku mwana kugeza ku gihugu muri rusange.
-
Impamvu FARDC idashobora gusenya FDLR: Ubuhamya bw’abayibayemo (Video)
19 August, by Jean de Dieu Tuyizere, Singirankabo FélixMu myaka irenga 20 ishize, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragarije umuryango mpuzamahanga ko bufite ubushake bwo gukemura ikibazo cy’umutwe wa FDLR, butangaza gahunda zitandukanye zo kuwusenya, abarwanyi bawo bagasubizwa mu buzima busanzwe.
-
Mu mizi y’ubuhanuzi bwahejeje abarwanyi ba FDLR mu mashyamba, bizezwa ko bazafata u Rwanda
20 August, by Jean de Dieu TuyizereMu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hari abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bamaze imyaka myinshi babwirwa ko umunsi umwe bazambuka umupaka, bakinjira mu Rwanda bagafata ubutegetsi.
-
Abanyeshuri 88,21% barangije amashuri abanza batsinze ibizamini bya Leta
20 August, by Léonidas MuhireUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), Dr. Bahati Bernard, yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%, kandi ko biyongereye ugereranyije n’umwaka ushize wa 2024/2025, kuko bari 75,6%.
-
Kohereza abarwanyi ba FDLR mu kindi gihugu si igisasu kirimbuzi RDC izaba iteze muri Afurika?
21 August, by Musangwa ArthurKuva mu mpera za Nyakanga 2026, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abarwanyi ba FDLR bazamburwa intwaro ariko bakanga gusubira mu Rwanda bazimurirwa mu kindi gihugu kimwe cyangwa byinshi bya Afurika, nubwo kugeza ubu cyagizwe ibanga.
-
Kuva ku bwa Buyoya kugeza mu ntambara ya AFC/M23: Mu mizi y’umubano wa CNDD-FDD na FDLR
22 August, by Jean de Dieu TuyizereMu myaka irenga 30 ishize, akarere k’Ibiyaga Bigari karanzwe n’amateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yahagaritswe n’ingabo za RPA zari mu rugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiye mu Ukwakira 1990, rurangira muri Nyakanga 1994.
-
U Rwanda, RDC n’u Burundi mu biganiro byo kuryoza u Bubiligi indishyi z’ibyangijwe n’ubukoloni
21 August, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi byitabiriye inama mpuzamahanga yabereye i Baku muri Azerbaijan yiga ku ngaruka z’ubukoloni bw’u Bubiligi no ku ndishyi z’ibyangiritse.
-
Ibyo wamenya kuri Pariki ebyiri z’igihugu u Rwanda ruzunguka mu minsi iri imbere
22 August, by Nsanzimana ErnesteUrwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko inzobere zirenga 30 zo mu bihugu bitandukanye, zatangiye kwiga ku ishyirwamubikorwa ry’umushinga wo gushyiraho Pariki y’igihugu y’Ibirwa byo mu Kiyaga cya Kivu na Pariki y’Igihugu ya Rugezi, Burera na Ruhondo.
-
Umwaka wa 2026 wongeye kuzamura impaka ku bucakara: Kuki mu Rwanda butabaye?
23 August, by Iradukunda SergeUmwaka wa 2026 wabaye uw’ingenzi mu mateka y’impaka ku bucakara, nyuma y’uko Ghana iyoboye igikorwa cyagejeje ikibazo cy’icuruzwa ry’Abanyafurika mu Muryango w’Abibumbye (UN), hagafatwa umwanzuro wo kurishyira ku rwego rw’ibyaha bikomeye byakorewe inyokomuntu.
IGIHE