Perezida Paul Kagame yagaragaje ko abakora n’abagira uruhare mu gukwirakwiza inzoga zitujuje ubuziranenge zica abantu bagomba guhagurukirwa kuko zica abantu, byaba mu buryo bw’ako kanya cyangwa izica abantu buhoro buhoro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ababirimo babyitege, turaza guhangana –Perezida Kagame ku bakora inzoga z’ibyuma
24 August, by Jean de Dieu Tuyizere -
Ayo bwinjije yikubye kane mu myaka itanu: Ubukerarugendo bwabaye inkingi mwikorezi ku iterambere ry’u Rwanda
25 August, by Nshimiyimana Jean BaptisteBuri munota na buri saha haba mu Rwanda haba hinjira abantu bagenzwa n’ibikorwa bitandukanye harimo n’abashaka kwiruhukira gusa, bishimira ibyiza nyaburanga birutatse, baba abanyura iy’amaguru n’abaca mu ndetse, by’umwihariko abanyamahanga bagira uruhare mu bikorwa by’ubukerarugendo bwinjiriza igihugu amadovize menshi.
-
Abofisiye bakuru ba FDLR bakomeje imfuruka za FARDC
26 August, by Jean de Dieu TuyizereMu mateka y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikibazo gikomeye cyazambije umubano wabyo ni umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex-FAR), Interahamwe ndetse no mu butegetsi bwa Habyarimana Juvénal bahungiye mu yitwaga Zaïre.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko Afurika izira amagambo atagira ibikorwa
25 August, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yagaragaje ko kimwe mu bibazo Umugabane wa Afurika uhura nabyo ari abayobozi bazi icyo gukora n’igikwiriye uyu mugabane, ariko gahunda zabo zigahera mu magambo aho kujya mu bikorwa.
-
Shema Fabrice ashinjwa gutanga sheki zitazigamiye z’arenga miliyoni 880 Frw
26 August, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Jean de Dieu TuyizereUbushinjacyaha bwagaragarije Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko bushinja umushoramari akaba na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, gutanga sheki zitazigamiye z’ibihumbi 600$ (miliyoni 883,5 Frw).
IGIHE