Perezida Paul Kagame yagaragaje ko kimwe mu bibazo Umugabane wa Afurika uhura nabyo ari abayobozi bazi icyo gukora n’igikwiriye uyu mugabane, ariko gahunda zabo zigahera mu magambo aho kujya mu bikorwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yashimangiye ko Afurika izira amagambo atagira ibikorwa
25 August, by Iradukunda Serge -
Shema Fabrice ashinjwa gutanga sheki zitazigamiye z’arenga miliyoni 880 Frw
26 August, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Jean de Dieu TuyizereUbushinjacyaha bwagaragarije Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko bushinja umushoramari akaba na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, gutanga sheki zitazigamiye z’ibihumbi 600$ (miliyoni 883,5 Frw).
-
Imishinga 10 y’ibikorwaremezo izatwara ingengo y’imari nini muri uyu mwaka
28 August, by IGIHEImihigo ya Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27 igaragaza ko iyi Minisiteri iteganya gukoresha miliyari 610,84 Frw, azashorwa mu mishinga irimo iy’imihanda, ingufu, ubwikorezi rusange, amazi n’isukura, imiturire ndetse n’inyubako rusange.
-
RSSB yaguze imigabane yose ya Inyange Industries na Ruliba Clays
27 August, by Jean de Dieu TuyizereUrwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) rwaguze imigabane yose yari isigaye mu kigo Inyange Industries Ltd na Ruliba Clays Ltd, byombi byabarizwaga muri Crystal Ventures Ltd (CVL).
-
BNR yazamuye inyungu fatizo iyigeza ku 8,75%, igipimo cyo hejuru mu myaka 17 ishize
27 August, by Philbert GirinemaBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye inyungu fatizo yayo iva ku 8,25% yari yarashyizweho mu mezi atatu ashize, ishyirwa ku 8,75% kugira ngo bifashe mu gukomeza guhangana n’umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko.
-
U Rwanda rwatangiye kubaka Smart Green Village, izatuzwamo abavuye ahazagurirwa pariki
27 August, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yatangije ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo ubungabunga Ibidukikije (Smart Green Village) i Rurembo, mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze. Ni umushinga uzashorwamo arenga miliyoni 49$, ukazafasha imiryango 547 kubona inzu zigezweho, serivisi z’ibanze ndetse n’amahirwe yo kugira imibereho myiza.
-
U Rwanda rwashyikirijwe ibitaro bishya bya CHUK byubatswe n’u Bushinwa
29 August, by Igizeneza Jean DésiréAmbasade y’u Bushinwa mu Rwanda yashyikirije Minisiteri y’Ubuzima Ibitaro bya Masaka bivuguruye, bizimukiramo Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK.
-
Abanyeshuri 7.188 bakekwaho gukopera ibizamini bya Leta
28 August, by IGIHEMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 7.188 bakoze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza baketsweho gukopera ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2025/26, bituma kugeza ubu amanota yabo atarasohoka, kuko bigikorwaho iperereza.
-
Abanyarwanda benshi bijandika mu mibonano mpuzabitsina, gushaka ntibabikozwe
31 August, by Igizeneza Jean DésiréUbukwe ni umwe mu mihango ikomeye ku muntu, byagera ku Banyarwanda bikaba akarusho, icyakora ubushakashatsi bugaragaza uburyo iki gikorwa gisigaye kidahabwa agaciro na benshi cyane cyane abasore, ahubwo bakijandika mu mibonano mpuzabitsina bashishikaye.
-
Kuruhuka ntibigisaba kuva i Kigali: Dusure ‘Jungle Park’ ihuza ubukerarugendo no kurengera ibidukikije
30 August, by Tuyishimire Umutesi CelineIyo umuntu atekereje ahantu ho kuruhukira hatuje, kure y’urusaku kandi hari amahumbezi, akenshi ahita atekereza kujya hanze y’Umujyi wa Kigali. Biterwa n’uko usanga ahantu nk’aho ari ho hari amahoteli menshi n’ahantu hatuma umuntu ahagirira ibihe byiza kandi akaruhuka neza.
IGIHE