Perezida Kagame yaganiriye n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, James Swan, n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga wa Loni mu Karere k’Ibiyaga bigari, Huang Xia, ku ngaruka ikibazo cy’intambara yo mu burasirazuba bwa RDC kigira ku mutekano w’u Rwanda n’uburyo hakenewe gukemura umuzi wacyo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Intumwa zihariye z’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ku ntambara mu karere
2 September, by IGIHE -
Perezida Kagame yagaragaje inenge iri muri serivisi z’imari muri Afurika
3 September, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yagaragaje ko ku Mugabane wa Afurika hari ikibazo cy’uburyo abantu babasha kugera ku mafaranga abafasha gutangira imishinga itandukanye, kuko usanga abafite amafaranga ari bo bahabwa inguzanyo, aho kuzigenera abakeneye igishoro.
-
Ingo 6800 zasabye gatanya mu 2025/26
5 September, by Nshimiyimana Jean BaptisteRaporo y’Urwego rw’Ubucamanza bw’u Rwanda, yagaragaje ko imanza zijyanye no gutandukana kw’abashakanye mu nkiko zose zageze kuri 6.799, bigaragara ko ibi birego byikubye hafi 2,5 ugereranyije n’imanza zari mu nkiko mu mwaka wari wabanje.
-
U Rwanda mu bihugu bigize Loni byatoye umwanzuro wo gukoresha ikarita y’Isi idapfobya Afurika
4 September, by IGIHEInteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (UNGA) yatoye umwanzuro A/80/L.104 witwa “Correct the Map”, yashyikirijwe na Togo ariko ishyigikiwe n’ibihugu bya Afurika wemeza ikoreshwa ry’ikarita y’Isi igaragaza umugabane wa Afurika n’ibindi bihugu mu ngano yabyo nyakuri aho kukomeza kwerekanwa nk’aho ari bito.
-
Ibyaha 10 byakozwe cyane mu Rwanda mu 2025/26
6 September, by Léonidas MuhireUbujura no gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake ni byo byaha byagaragaye cyane mu Rwanda mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/26. Byombi byihariye hafi kimwe cya kabiri cy’amadosiye y’ibyaha 10 byakiriwe cyane n’Ubushinjacyaha Bukuru.
IGIHE