Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko hari urubyiruko rwinshi rushyira imbaraga mu nshingano zarwo zirimo akazi n’ibindi bikorwa by’iterambere, ariko rimwe na rimwe rukirengagiza imwe mu nkingi z’ingenzi z’ubuzima ari yo kubaka umuryango uhamye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
IGIHE
Madamu Jeannette Kagame yibukije ko ubuhanga bwonyine budahagije mu kubaka ingo nziza
Perezida Kagame yakiriwe ku meza na Sultan Haitham bin Tariq wa Oman