Mu gihe Louise Mushikiwabo yitegura amatora ashobora kumuha manda ya gatatu ku buyobozi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ikibazo gikomeye si uko amaze imyaka ingahe kuri uyu mwanya, ahubwo ni icyo iyo myaka yasize.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imyaka irindwi ya Mushikiwabo muri OIF: Icyo imibare igaragaza
10 September, by IGIHE -
Ntabwo bivuguruza ukuri kw’amateka- Dr Gakwenzire ku cyemezo Urukiko rw’u Bufaransa rwafashe ku basirikare babwo mu Bisesero
10 September, by IGIHEPerezida wa IBUKA, Dr Gakwenzire Philbert yatangaje ko icyemezo cy’ubutabera bw’u Bufaransa kivuga ko abasirikare b’u Bufaransa bari mu Bisesero nta bubasha bari bafite bwo gutabara Abatutsi kidashimishije kandi nta butabera burimo, kandi bidakuraho ukuri kw’amateka yabayeho mu Rwanda. Yashimangiye ko iki kirego gishobora kuzagezwa no mu rukiko rwo ku mugabane w’u Burayi.
-
Perezida Kagame asanga Afurika ikwiye kugira uruhare rusesuye mu by’isanzure
10 September, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yavuze ko Afurika igomba kuba umufatanyabikorwa mpuzamahanga wuzuye mu iterambere ry’urwego rw’isanzure, kandi ikabona inyungu ziruturukamo.
IGIHE