Perezida wa IBUKA, Dr Gakwenzire Philbert yatangaje ko icyemezo cy’ubutabera bw’u Bufaransa kivuga ko abasirikare b’u Bufaransa bari mu Bisesero nta bubasha bari bafite bwo gutabara Abatutsi kidashimishije kandi nta butabera burimo, kandi bidakuraho ukuri kw’amateka yabayeho mu Rwanda. Yashimangiye ko iki kirego gishobora kuzagezwa no mu rukiko rwo ku mugabane w’u Burayi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
IGIHE
Ntabwo bivuguruza ukuri kw’amateka- Dr Gakwenzire ku cyemezo Urukiko rw’u Bufaransa rwafashe ku basirikare babwo mu Bisesero
Perezida Kagame asanga Afurika ikwiye kugira uruhare rusesuye mu by’isanzure