Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano kubera uruhare bagize mu gukorera igihugu, cyane cyane mu bijyanye no kubungabunga umutekano w’igihugu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Mwatumye u Rwanda rukomeza kuba icyitegererezo cy’amahoro- Perezida Kagame ku bagize inzego z’umutekano
30 December 2024, by Igizeneza Jean Désiré -
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Mahama i Accra
7 January 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo kurahira kwa John Dramani Mahama uherutse gutorerwa kuyobora Ghana.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’umuyobozi wa Bayer Pharmaceuticals n’uwa Minapharm
10 January 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yahuye n’Umuyobozi Mukuru w’ikigo Bayer Pharmaceuticals, Stefan Oelrich, na Dr Shaheer Bardisi uyobora Minapharm Pharmaceuticals, baganira ku ishoramari mu gukora imiti hagamijwe kuyigeza kuri benshi ku Mugabane wa Afurika.
-
Ibyo wamenya ku bise abana b’ingagi amazina
5 September 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Zigiranyirazo BajecteurWa munsi wageze, abana b’ingagi 40 bari mu miryango 15 y’ingagi bahawe amazina. Abantu 40 baturutse hirya no hino ku Isi, bari mu byiciro bitandukanye, ni bo bagize uruhare muri iki gikorwa, aho bahaye aba bana b’ingagi amazina 40.
-
Yarashwe kenshi ararusimbuka, arwana n’ibyihebe ntiyapfa- Gen (Rtd) Ibingira ku bigwi bya Lt Gen Kabandana
10 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAbo mu muryango wa Lt Gen Kabandana Innocent n’abo babanye mu gisirikare kuva ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, bagaragaje ko yari intwari ku rugamba, atabara ubuzima bwa benshi ndetse nyuma akomeza kwigisha urukundo mu Banyarwanda.
-
Mu mafoto arenga 100: Ibyaranze ibirori byo gusoza umwaka byakiriwe na Perezida Kagame
31 December 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Zigiranyirazo BajecteurKu mugoroba wo ku wa 30 Ukuboza 2024, Perezida Paul Kagame yakiriye abantu bo mu nzego zitandukanye, barimo abayobozi mu nzego za leta, iz’abikorera, imiryango itegamiye kuri leta, inshuti z’u Rwanda n’abandi baturage muri rusange.
-
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Hichilema wa Zambia
10 January 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 10 Mutarama 2025, yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we uyobora Zambia, Hakainde Hichilema.
-
Byagenze bite ngo abayobozi b’ibigo bya WASAC bafungwe?
12 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInkuru ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga n’ijyanye n’abari abayobozi bakuru b’ibigo bya WASAC Group bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha bakurikiranyweho.
-
Bivura ibihumbi 100, muri bo ibihumbi 10 bakabagwa: Dusure Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal
13 October 2025, by Igizeneza Jean Désiré“Turamwohereza mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal” imvugo wabwirwaga ukumva umutima ukuvuyemo, kuko wumvaga ko ahandi byananiranye ariko ukaba ufite icyizere kiri hejuru ko uwo muntu baramukoraho rikaka bijyanye n’ubunyamwuga bwabo.
-
U Rwanda mu bihugu byatoye bishyigikira ubwigenge bwa Palestine
13 September 2025, by Iradukunda SergeU Rwanda ruri mu bihugu byatoye bishyigikiye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka bubahoza mu makimbirane, buri gihugu kikagira ubwigenge.
IGIHE