U Rwanda rukomeje guteza imbere imishinga itandukanye yo kwimakaza ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) izarufasha kongera miliyoni 589$ (6%) ku musaruro mbumbe w’igihugu aturutse muri uru rwego.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Intambwe y’u Rwanda mu kubyaza umusaruro ‘AI’ izajya irwinjiriza miliyoni 589$ buri mwaka
19 October 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Ishusho y’ibyo u Rwanda ruzakora mu gushimangira uburinganire kugeza mu 2029
20 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda ruri mu bihugu byashyize imbaraga mu kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagamijwe iterambere ry’igihugu ritagira uwo riheza.
-
Habimana yafashije Rayon Sports gutsinda Amagaju FC y’abakinnyi 10; uko umukino wagenze (Amafoto)
24 October 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC yahawe ikarita itukura mu mukino yanganyijemo na Kiyovu Sports; uko wagenze (Amafoto)
25 October 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Pariki y’Igihugu y’Akagera mu hantu ukwiye gusura mu 2026
25 October 2025, by IGIHEUshobora kuba uri mu Rwanda cyangwa wararuvukiyemo unabarizwa mu bakunda gutembera no gusabana n’ibinyabuzima bitandukanye ariko bavuga Pariki y’Igihugu y’Akagera ukumva ibyo wize mu ishuri cyangwa ibyo ureba kuri televiziyo. Uyu munsi irimo inyamaswa eshanu zizwi cyane ku Isi (Big Five) ari na byo bituma ukwiye kuyishyira ku rutonde rw’aho uzasura mu 2026.
-
Rusesabagina yongeye kwivamo
6 January 2025, by IGIHERusesabagina Paul wafungiwe ibyaha by’iterabwoba kugeza ahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame muri Werurwe 2023, yongeye kwinyuramo, atangaza ibinyoma ku Rwanda nk’uko asanzwe abikora.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Sheikh Mohamed bin Zayed uyobora UAE
14 January 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 14 Mutarama 2025 yahuriye na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Sheikh Mohamed bin Zayed al Nahyan, mu Mujyi wa Abu Dhabi.
-
Ibyabaye Umunsi Umwami Mutara III Rudahigwa atura u Rwanda Kristu Umwami
27 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteImyaka 79 irashije i Nyanza, ubu ahubatse Ishuri ryisumbuye ryitiriwe Kristu Umwami habereye ibirori by’akataraboneka byamaze iminsi itatu, kuva ku wa 26-28 Ukwakira 1946, bisiga Umwami Mutara III Rudahigwa atuye u Rwanda Kristu Umwami na Bikira Mariya umugabekazi w’Ijuru n’Isi.
-
Gusubira kwiga kubera Evode, kwinjira muri Sena n’inzozi zo kuyobora u Rwanda: Ikiganiro na Dr. Frank Habineza
30 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, Green Party, Dr. Frank Habineza, uherutse kurahirira kwinjira muri Sena y’u Rwanda, yagaragaje uko yiteguye inshingano, uko yatewe umwete na mugenzi we Evode Uwizeyimana mu kwiga amategeko no kuba yakongera kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu bihe biri imbere.
-
APR FC yongeye gutakaza amanota nyuma ya penaliti ya Rutsiro FC yarikoroje; uko umukino wagenze (Amafoto)
1 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE