Umuhungu wa Ingabire Victoire witwa Rémy Amahirwa yongeye kujijisha no kubeshya amahanga, agaragaza ko nyina arengana asaba Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushyira igitutu ku Rwanda kugira ngo arekurwe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umuhungu wa Ingabire Victoire yirengagije amabi ya nyina, asaba Amerika kumufunguza
10 November 2025, by IGIHE -
Impinduka muri Guverinoma ntiziraba ahubwo - Perezida Kagame
9 January 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yavuze ku mpinduka zikorwa muri Guverinoma no kuba hari abayobozi bakurwaho bataramara kabiri mu myanya baba bashyizwemo, avuga ko byose bikorwa hashyizwe imbere inyungu z’umuturage.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanenze Amerika ikomeje kugereranya M23 na FDLR
16 January 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugereranya umutwe witwaje intwaro wa M23 n’uw’iterabwoba wa FDLR.
-
Ntibizatwara igihe kinini ngo bigaragare - Perezida Kagame ku bufatanye bwa RwandAir na Qatar Airways
9 January 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yavuze ko hari byinshi biri gukorwa bijyanye n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na Qatar mu kubaka Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Bugesera ndetse no kugura imigabane ingana na 49% muri RwandAir, agaragaza ko ibyinshi bigeze ku musozo.
-
Ibitaro bya CHUK bizimurwa bitarenze amezi atandatu
16 January 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko bitarenze muri Kamena 2025, Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byamaze kwimurirwa i Masaka mu Karere ka Kicukiro.
-
Indwara 10 zishe abarenga ibihumbi 13 mu bigo by’ubuvuzi mu Rwanda mu 2023
11 January 2025, by Igizeneza Jean DésiréImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR igaragaza ko mu 2023 Abaturarwanda 13.064 baguye mu bigo by’ubuvuzi, bingana n’igabanyuka rya 14% kuko mu mwaka wabanje bari 14.841.
-
Tshisekedi ntiyigeze atorwa - Perezida Kagame
16 January 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yatangaje ko Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atigeze atsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu 2018 no mu 2023.
-
Imishinga mishya y’u Bufaransa, umwihariko w’u Rwanda n’ibyo ashyize imbere: Ikiganiro na Ambasaderi Aurélie
11 November 2025, by Gatabazi Tite, Jean de Dieu TuyizereTariki ya 15 Nyakanga 2025, Perezida Emmanuel Macron yagize Aurélie Royet-Gounin Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, amusimbuza Antoine Anfré wari umaze imyaka ine muri iyi nshingano. Nyuma y’amezi hafi abiri, uyu mudipolomate yashyikirije Perezida Paul Kagame impapuro zimwemerera gutangira inshingano i Kigali.
-
Ikaze ku musozi wa Rebero wabaye ishusho y’u Rwanda rushya (Amafoto)
12 January 2025, by Rusa Willy PrinceMu myaka 25 ishize, umusozi wa Rebero wari ugizwe n’ishyamba, bigatuma abatuye Kigali badakunda kuhagenderera by’umwihariko mu masaha y’ijoro, cyane ko n’ingo zahabarizwaga zari mbarwa.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko aho kugira ngo u Rwanda rusubire muri Jenoside rwahanagurwa ku ikarita
16 January 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yashimangiye ko nta muntu ushobora gusubiza u Rwanda mu mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kabone n’iyo byaba bisaba ko ruhanagurwa ku ikarita y’Isi.
IGIHE