Nk’uko bisanzwe buri mwaka inganda zikora imodoka zitandukanye mu Isi ziba zabukereye ziteraniye mu Bubiligi, zikagaragaza udushya ziteganyiriza abakiliya bazo mu modoka z’amoko atandukanye ziba zarakoze.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imodoka zizaranga imyaka itanu iri mbere zamuritswe: Tujyane muri "Salon de l’Auto-Brussels Expo"
12 January 2025, by Karirima A. Ngarambe -
Inenge zagaragaye muri raporo ya Loni ku mutekano wazambye mu Burasirazuba bwa RDC
13 January 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteImpuguke za Loni ziherutse gushyira hanze raporo ku bushakashatsi zakoze ku kibazo cy’umutekano wabaye agatereranzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zigaragazamo ibitekerezo bya Leta ya RDC gusa, na bimwe mu bihuha bihimbwa hagamijwe gusiga icyasha u Rwanda.
-
Guverinoma yiyemeje kwishyura arenga miliyari 21 Frw y’ingurane z’abaturage bitarenze 2025
13 January 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwaremezo yemeje ko ingurane z’abaturage zitatangiwe igihe ahashyizwe ibikorwaremezo binyuranye zigomba kuba zamaze kwishyurwa bitarenze muri Kamena 2025.
-
Perezida Kagame yakiriye Faure Essozimna Gnassingbé wa Togo
18 January 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali kiri i Kanombe, aho yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.
-
Keza, Teta na Agasaro mu bwoko bushya bw’umuceri u Rwanda ruhanze amaso mu guhaza isoko
13 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda ruri mu bihugu byeza umuceri mwinshi kuko nko kuri hegitari hera toni zirenga eshanu, ariko ikibazo kikaba ko uwo muceri ungana utyo udakundwa n’abaturarwanda bikanatuma barinda gutumiza undi mu mahanga.
-
Abanyarwanda miliyoni 1,1 basabye Leta akazi, kabona abasaga 3000: Ibyaranze umurimo mu 2024/25
13 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréRaporo ya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta y’ibikorwa bya 2024/25 yagaragaje ko mu Rwanda abantu 1.111.040 basabye akazi, kabonwa n’abantu 3134. Ni amakuru yakusanyijwe muri raporo 309 zatanzwe n’inzego za Leta 107.
-
Perezida Kagame yatabarije Afurika ikomeje kugirwaho ingaruka n’ihindagurika ry’ibihe
14 January 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yasabye umuryango mpuzamahanga gushyira mu bikorwa gahunda zemejwe zigamije kurwanya ihindagurika ry’ibihe, agaragaza ko kutabikora biri kugira ingaruka zikomeye ku Mugabane wa Afurika.
-
Ikaze muri Kigali yo mu 2050, Umurwa w’isezerano (Amafoto)
24 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereIcyo gihe amikoro y’umunyarwanda azaba yarazamutse ku buryo bufatika abarirwa 12476$, ni ukuvuga agera kuri miliyoni 18 Frw, ubushomeri bubarirwa ku ntoki kuko buzaba buri kuri 0,05% buvuye kuri 7% mu 2035, nta rugo ruzaba rudafite amazi n’amashanyarazi kandi buri wese afite icyizere ko kubaho nibura kugeza ku myaka 73.
-
Imvano y’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda
17 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuHashize iminsi mike Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rutangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze kuri 1.989 Frw, mu gihe iya mazutu ari 1.900 Frw.
-
Agatsiko k’amabandi no guheza ab’i Nyanza na Ruhango: Rayon Sports igeze aharindimuka
18 November 2025, by IGIHEUmunsi ku munsi, uko bwije n’uko bukeye, ibibazo byo muri Rayon Sports bigenda bifata indi ntera aho kuri ubu bisa n’ibyarenze siporo bikajya mu bindi.
IGIHE