Mukabagwiza Edda ni izina rinini muri politiki y’u Rwanda kuko yamaze imyaka irenga 23 ari mu nshingano zitandukanye igihugu cyagiye kimuha zirimo kuba Minisitiri w’Ubutabera no guhagararira u Rwanda mu bihugu bitandukanye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Yabaye Minisitiri w’Ubutabera, Ambasaderi, Visi Perezida w’Inteko none yinjiye mu Bavoka: Ikiganiro na Edda Mukabagwiza
22 November 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Musanze FC yatsinze APR FC mu mukino w’ibitego bitanu; uko wagenze (Amafoto)
22 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Al-Merrikh yatsinze Kiyovu Sports mu mukino w’amateka muri Shampiyona y’u Rwanda; uko wagenze (Amafoto)
24 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Marine FC yakinnye, APR FC iratsinda- Uko umukino wagenze (Amafoto)
25 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Al-Hilal SC yatangiye Shampiyona y’u Rwanda inganya na Police FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
26 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ukuri kw’itsitsurana ry’u Rwanda n’amahanga ku bw’ubutaka rwambuwe bugahabwa abaturanyi
10 December 2025, by Nsanzabera Jean de DieuImyaka 113 (1912-2025) irihiritse u Rwanda rwambuwe ubutaka bwarwo bukagabirwa ibindi bihugu by’abaturanyi bikagara, rwo rugasigara ari ubutaka bugerwa mu gipfunsi.
-
Umusanzu witezwe ku ishuri ‘African School of Governance’ ryatangijwe mu Rwanda
14 January 2025, by Uwimana AbrahamHailemariam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, akaba yaranafatanyije na Perezida Kagame mu gitekerezo cyo gutangiza ishuri rya ‘African School of Governance’, yavuze ko intego yaryo ari ukurema abayobozi ba Afurika basobanukiwe amateka yayo, ibibazo byayo n’uburyo bwo kubikemura bubereye uyu mugabane, aho kwigana uburyo bw’abandi.
-
Rayon Sports yujuje imikino itatu idatsinda, nyuma yo kunganya na Gicumbi FC- Uko umukino wagenze (Amafoto)
29 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Nyuma y’imyaka 17, Richard Ngendahayo yakoreye igitaramo cy’amateka mu Rwanda (Amafoto)
29 November 2025, by Iradukunda Serge, Nsengiyumva EmmyRichard Ngendahayo yaraye akoreye igitaramo muri BK Arena cyaranzwe n’ubwitabire buri hejuru cyane ko uyu mugabo yaherukaga gutaramira mu Rwanda mu myaka 17 ishize.
-
Gasamagera yasabye abanyamuryango ba FPR Inkotanyi b’i Burayi gukomeza gushakira u Rwanda amaboko
30 November 2025, by Karirima A. NgarambeUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, Gasamagera Wellars, yashimiye abitabiriye umwiherero w’uyu muryango i Burayi, ku ruhare bakomeje kugira mu iterambere ry’Igihugu, abasaba gukomeza kugishakira amaboko mu bihugu batuyemo kandi abizeza ko u Rwanda rubashyigikiye mu bikorwa byabo by’ iterambere.
IGIHE