Akarere ka Kayonza kagizwe n’ubuso kwa kilometero kare 1935, ibarura ryakozwe mu 2022 ryagaragaje ko kari gatuwe n’abaturage barenga ibihumbi 457, kuri ubu kongewe mu Mijyi yunganira Umujyi wa Kigali. Icyakora muri iyi minsi kugarijwe n’ibibazo birimo inzara inuma mu mirenge imwe n’imwe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Kurandura inzara inuma mu baturage no kunga abakozi: Imihigo Meya wa Kayonza yinjiranye mu kazi
11 December 2025, by Hakizimana Jean Paul -
Barore yavuye imuzi iby’isezera ry’abanyamakuru ba RBA, ubuyobozi bwe, itangazamakuru, Pasiteri n’ibindi (Video)
12 December 2025, by Philbert GirinemaCléophas Barore amaze imyaka irenga 30 mu mwuga w’itangazamakuru kuko yawutangiye mu 1995 akorera ORINFOR. Ubu amaze imyaka ibiri ayobora Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA. Usibye kuba umunyamakuru, ni na Pasiteri mu Itorero rya ADEPR, ibintu byombi akora nta kibangamiye ikindi.
-
APR FC yanganyije na Gorilla FC, yuzuza imikino ibiri ikurikiranye idatsinda- Uko wagenze (Amafoto)
13 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Rayon Sports yongeye gutsindirwa mu Bugesera, ihava itihoreye- Uko umukino wagenze (Amafoto)
14 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Kwamagana u Rwanda, guta umutwe k’u Burundi no kuhava kw’abarwanyi ba AFC/M23: Uvira ni gati ki?
17 December 2025, by Musangwa ArthurIfatwa ry’Umujyi wa Uvira, uwa gatatu ukomeye mu Burasirazuba bwa Congo nyuma ya Goma na Bukavu, rikomeje kurikoroza ku buryo udakurikiranira hafi ibibera mu Karere yagira ngo ni wo munini wa mbere abarwanyi ba AFC/M23 bigaruriye. Igitutu ku Rwanda cyariyongereye, u Burundi bushya ubwoba, budakeye kabiri abo barwanyi batangaza ko bahisemo kuwuvamo.
-
Amerika yongeye gutera icyuhagiro Rusesabagina, ifungurwa rye rishyirwa mu bikomeye Biden yakoze
15 January 2025, by IGIHEUbutegetsi bwa Joe Biden ubura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo asohoke muri White House, bwongeye kumvikana mu mvugo isa n’itera icyuhagiro ibyaha by’iterabwoba Paul Rusesabagina yakoze, ndetse ifungurwa rye rishyirwa mu bikomeye uyu mugabo yakoze muri manda ye.
-
Abakurikiranwaga ku cyaha cyo gufata ku ngufu no kwica Mukandekezi, barashwe barwanya Umupolisi
22 January 2025, by IGIHEAbasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi ubwo yabatahuraga aho bari bihishe nyuma yo gufata ku ngufu no kwica urubozo Mukandekezi Clementine; babonye bagiye gutabwa muri yombi, barwanya Umupolisi wari ubaguye gitumo.
-
Igwingira ryaragabanyutse, inda ziterwa abangavu ziriyongera: Ibyavuye muri DHS ya 2025
17 December 2025, by Uwimana AbrahamUbushakashasti bwa karindwi ku bwiyongere n’ubuzima bw’abaturage, DHS 7, bw’umwaka wa 2025, bwagaragaje ko abangavu baterwa inda biyongereye bakagera kuri 8% bavuye kuri 5% mu 2020, mu gihe igipimo cy’igwingira mu bana cyagabanyutse kikagera kuri 27% kivuye kuri 33% mu 2020.
-
Abagore 3.800 bo mu Rwanda bakuwemo nyababyeyi mu myaka ine
16 January 2025, by Igizeneza Jean DésiréImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR igaragaza mu myaka itatu ishize kugeza mu 2023 abagore 3.861 bakuwemo nyababyeyi babazwe, bitewe n’ibibazo bitandukanye.
-
Erik Prince muri RDC: Imikoranire y’ibanga na Tshisekedi, amabuye y’agaciro n’umubano ugana ku Burundi
17 December 2025, by IGIHEUmushoramari w’Umunyamerika washinze sosiyete yigenga icunga umutekano ya Blackwater, Erik Prince, amaze igihe akorera mu buryo bw’ibanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Mu mpera za 2024, yagiranye n’ubuyobozi bw’iki gihugu amasezerano ajyanye n’umushinga wo gukusanya imisoro ikomoka mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
IGIHE