Perezida Kagame yatangije Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, agaruka ku bibazo biba mu mikoranire hagati y’abayobozi, avuga ko bihombya igihugu, anakebura abayobozi barangarana abaturage kandi barakoze ibikorwa bagomba guhemberwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
APR FC y’abakinnyi 10 yatsinze Gasogi United, ifata umwanya wa mbere muri Shampiyona- Uko umukino wagenze (Amafoto)
4 February, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Perezida Kagame yagarutse ku mikoranire n’umubano w’u Rwanda na RDC - Ibyaranze umunsi wa mbere w’Umushyikirano wa 20 (Amafoto)
5 February, by Philbert Girinema -
Uko Umunsi wa Kabiri w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano wagenze (Amafoto na Video)
6 February, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yasoje Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 20, asaba abayobozi kwirinda kwitwaza ibibazo by’amateka y’ubukoloni n’ubucakara ngo bananirwe gukemura ibibazo bafitiye ubushobozi.
-
Bugesera FC yahagamye APR FC ya mbere muri Shampiyona- Uko umukino wagenze (Amafoto)
7 February, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Mu 2025 yohereje ubutumwa ibihumbi 200 mu Rwanda: Umusaruro wa Zipline mu mibare
9 February, by Igizeneza Jean Désiré, Ntabareshya Jean de DieuZipline Rwanda ikomeje kwesa imihigo mu gutabara abababaye no kugeza ibicuruzwa ku babikeneye, kuko imibare yo mu 2025, igaragaza ko yohereje ubutumwa burenga ibihumbi 200.
-
Basanzwemo n’urumogi! Barindwi barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’ bafunzwe
20 January 2025, by Nsengiyumva EmmyKwizera Emelyne n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoranye itsinda rya WhatsApp ryitwa ‘Rich Gang’ bakurikiranywe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho barindwi muri bo bafunzwe, nyuma y’uko bagize uruhare mu gufata no gusakaza amashusho abagaragaza bakora imibonano mpuzabitsina.
-
Agathe Kanziga ni umujenosideri uri mu bayiteguye- Minisitiri Dr. Bizimana
10 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko umugore wa Habyarimana Juvénal wayoboye u Rwanda, Agathe Kanziga ari umujenosideri uri mu bayiteguye nubwo akomeza kwihunza uruhare rwe ndetse n’abahungu be bakaba barahagurukiye gutagatifuza se.
-
Al-Hilal SC yisubije umwanya wa mbere itsinze APR FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
10 February, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Guhatana n’Umunye-Congo mu matora ya OIF, ibyo yagezeho na coups d’état: Mushikiwabo yavuze byinshi
11 February, by Jean de Dieu TuyizereUmunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ashobora guca agahigo k’Umunya-Sénégal Abdou Diouf ko kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) manda eshatu, nyuma y’aho muri Mutarama 2026 Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko izongera gutanga kandidatire ye.
-
Rayon Sports yafashe umwanya wa gatanu itsinze Police FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
13 February, by Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE