Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdoğan, yagaragaje ko u Rwanda ari icyitegererezo ku Mugabane wa Afurika kubera politiki yarwo ihamye ndetse n’iterambere ry’ubukungu rwagezeho.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Rayon Sports yageze muri ½ cy’Igikombe cy’Amahoro isezereye Police FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
19 March, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC yasubiye ku mwanya wa mbere itsinze Amagaju FC- Uko umukino wagenze (Amafoto)
20 March, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Al-Hilal SC yasezerewe na RS Berkane mu mukino w’amateka wa CAF Champions League wabereye i Kigali (Amafoto)
22 March, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Imbere ya Perezida Kagame, Amavubi yageze kuri ’finale’ ya FIFA Series anyagiye Grenada (Amafoto)
27 March, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
U Rwanda ni icyitegererezo - Perezida Erdoğan wa Turikiya
24 January 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Ingengo y’imari y’u Rwanda yiyongereyeho miliyari 126,3 Frw
5 February 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yatangaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2024/2025 izava kuri miliyari 5690,1 Frw, ikagera kuri 5816,4 Frw, bivuze ko iziyongeraho miliyari 126,3 Frw.
-
Akari mu nda ya FDLR: Impamvu atari umutwe wo gukerensa
30 March, by IGIHEFDLR ni umutwe w’iterabwoba ushyigikiwe na leta ya Kinshasa, aho ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Impinyuza ku bashaka korosa uruhare rwa Habyarimana mu mugambi wa Jenoside
31 March, by Musangwa ArthurAbana ba Juvénal Habyarimana barangajwe imbere na Jean Luc Habyarimana, bamaze iminsi bagaragara mu bikorwa bakorana inkundura bagamije gutagatifuza umubyeyi wabo, ku buryo hari n’aho bigera ugasanga bateye bamwe urujijo, bibaza uburyo koko yagize uruhare muri Jenoside kandi yarapfuye mbere y’uko itangira.
-
Amavubi yanditse amateka yegukana Igikombe cya FIFA Series imbere ya Perezida Kagame (Amafoto)
30 March, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ibihano bya Amerika, imibanire na AFC/M23 no gukura ingabo muri Mozambique: Perezida Kagame yabivuzeho
3 April, by IGIHEPerezida Paul Kagame yatangaje ko kuva abarwanyi ba AFC/M23 batangira kugenzura ibice bihana imbibi n’u Rwanda mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwizeye umutekano warwo ugereranyije n’uko ibintu byari bimeze mbere, ndetse ashimangira ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye Ingabo z’u Rwanda, bibogamye ariko bidateze kurubuza gufata ingamba zo kurinda umutekano warwo.
IGIHE