Imyaka 32 irashize ariko bisa nk’aho ari ejo!
Bato bacu, uyu munsi nifuje kongera kwandika, mbatekerezaho by’umwihariko.
Umubyeyi wese akora ibiri mu bushobozi bwe ndetse n’ibirenze, ngo arinde abe kumva ijwi n’ibikorwa by’inabi!
IGIHE
Amakuru, Politiki, Ubukungu, Diaspora, Imikino, Muzika & Videos...
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
Gorilla FC yanganyije na Rayon Sports mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro; uko wagenze (Amafoto)
APR FC yanyagiriye Mukura VS kuri Stade Kamena; uko umukino wagenze (Amafoto)
Haringingo yabonye intsinzi ya mbere muri Rayon Sports yatsinze Amagaju FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
Umurage ku Bato: U Rwanda ruzima, rutazima!
Imyaka 32 irashize ariko bisa nk’aho ari ejo!
Bato bacu, uyu munsi nifuje kongera kwandika, mbatekerezaho by’umwihariko.
Umubyeyi wese akora ibiri mu bushobozi bwe ndetse n’ibirenze, ngo arinde abe kumva ijwi n’ibikorwa by’inabi!
Abakozi ba LONI batangiye guhungira mu Rwanda (amafoto)
Abakozi b’Umuryango w’Abibumbye (LONI) barimo n’abari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bakoreraga i Goma, basabye u Rwanda inzira ku mupaka wa Grande Barrière, kugira ngo babone uko bava mu Mujyi wa Goma uri kugenzurwa na M23, berekeze i Kinshasa.
Abarenga 9200 bakurikiranweho ibyaha bya ruswa mu myaka itanu ishize
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Col (Rtd) Jeannot Ruhunga, yatangaje ko mu myaka itanu ishize, ubugenzacyaha bwagenje amadosiye 4437 agendanye na ruswa, yari arimo abantu barenga 9200.
Imvano y’urukundo rw’imikino n’ibanga ry’intsinzi: Depite Mukabalisa twaganiriye (Video)
Mu Rwanda rwo ha mbere byari bigoye kubona umugore ukora siporo ndetse n’ubu umubare uracyari muto, ariko intambwe imaze guterwa ni iyo kwishimira.
Cardinal Kambanda yavuze ku bihayimana b’aba ‘star’, Kiliziya kuri TikTok, igishushanyo cya Cathédrale nshya n’ibindi
Padiri Guilherme Peixoto uzwi nka Padre Guilherme ni Umu-DJ ukomeye i Burayi. Nijoro aba ari muri Club ari gucuranga, ku manywa akayobora igitambo cya misa, akigisha ijambo ry’Imana nk’umuhamagaro we.
Rayon Sports yanganyije na APR FC yakomeje kuyirusha amanota umunani; uko umukino wagenze (Amafoto)
Ijambo yabwiwe na Rwigema mbere yo gutera n’umubano we na Kagame i Kampala: Capt Mike Mukula yavuze
Umushoramari w’Umunya-Uganda, Capt Mike Mukula ni umwe mu bantu babaye inshuti za hafi za Gen Maj Fred Rwigema ku buryo no mu ijoro abagize RPA bavuye muri Uganda ngo batangize urugamba rwo kubohora u Rwanda bavuganye. Uyu mugabo ahamya kandi ko ari inshuti ya Perezida Paul Kagame, mu bihe yabaye i Kampala muri Uganda.