Ikigo Triniry Metals gikomeye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, cyatangaje ko kigiye kujya ku isoko ry’Imari n’Imigabane rya New York, hagamijwe gukusanya ishoramari rishobora kugera kuri miliyoni 200$ zo kongera mu ishoramari ryacyo mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Rayon Sports yanganyije na Gorilla FC, APR FC isatira kwegukana Shampiyona- Uko umukino wagenze (Amafoto)
15 May, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Trinity Metals yavuze ku bucukuzi bwa lithium mu Rwanda n’ikusanywa rya miliyoni 200$ mu ishoramari
15 May, by Philbert Girinema -
Sunrise FC yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri, izamukana na Unity FC- Uko imikino yagenze (Amafoto)
16 May, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC yanyagiye Rutsiro FC nyuma yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona (Amafoto)
17 May, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Sobanukirwa amasezerano u Rwanda rwasinye y’ikoranabuhanga ribyaza ingufu za nucléaire amashanyarazi
19 May, by Philbert GirinemaU Rwanda rwasinyanye amasezerano n’Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Holtec International, gikora ikoranabuhanga ryifashishwa mu kubyaza ingufu za nucléaire amashanyarazi.
-
Ububiko bw’amakuru bwa miliyari 5$ mu mishinga itegereje ingufu za nucléaire mu Rwanda
22 May, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda n’Isi muri rusange bikataje mu bijyanye no kwisunga ikoranabuhanga rigezweho nk’irya robots n’iry’ubwenge buhangano mu gufasha imirimo y’abantu kongera umusaruro.
-
Umuhuzabikorwa w’amashami ya Loni mu Rwanda, yanyuzwe n’uko rwakiriye abakozi b’uwo muryango
28 January 2025, by Ndahayo EmmanuelAbakozi b’amashami y’Umuryango w’Abibumbye bakoreraga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu Mujyi wa Goma, bari mu bahungiye mu Rwanda nyuma y’uko intambara ikajije umurego muri uwo mujyi.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri Marco Rubio wa Amerika ku birimo intambara yo muri RDC
29 January 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, ku ngingo zirimo intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ndetse no gushimangira ubufatanye bushingiye ku bwubahane hagati ya Amerika n’u Rwanda.
-
Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango y’abantu 20 baguye mu mpanuka ya bisi i Rulindo
11 February 2025, by Uwimana AbrahamGuverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka ya bisi nini itwara abagenzi, yahitanye abantu 20, abandi bagakomereka, mu Murenge wa Rusiga, Akarere ka Rulindo.
-
APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro cya 2026 itsinze Rayon Sports kuri penaliti; uko umukino wagenze (Amafoto)
23 May, by Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE