Amakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Mbere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
APR FC muri Mali, Rayon kuri Muderi Akbar: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Mbere
8 June, by IGIHE -
Perezida Kagame yasezeranyije kuzagira icyo akora ku masasu yarasiwe i Goma akica Abanyarwanda
30 January 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yasezeranyije kuzagira icyo akora ku bijyanye n’icyemezo Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziherutse gufata cyo kurasa ku butaka bw’u Rwanda nyuma yo gutsindwa na M23 mu Mujyi wa Goma, zikica Abanyarwanda bamwe, abandi bagakomereka.
-
Ibibazo bya RNC byabaye nk’inkuru y’umunyorogoto, inkoko n’umusazi
10 June, by Musangwa ArthurMuri RNC umwiryane ukomeje kuzamuka umunsi ku wundi, aho batumvikana ku buryo Ben Rutabana yaburiwe irengero n’uruhare rwa bamwe mu bagize uyu mutwe w’iterabwoba.
-
Yahowe ko ari Umunyarwanda! Ni nde wigiza nkana hagati ya Dr. Muganga n’Inteko ya Uganda?
11 June, by Iradukunda SergeIkibazo cya Dr. Muganga Lawrence uherutse kwangirwa n’Inteko Ishinga Amategeko kwinjira muri Guverinoma nshya ya Uganda kubera ubwenegihugu bwe bushidikanywaho, ni kimwe mu bikomeje kurikoroza mu karere.
-
LIVE: APR FC yaguze Umunya-Mali: Ibivugwa ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu
11 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
-
Imiti itagikiza indwara: U Rwanda rwashoye miliyari 40 Frw mu gushaka igisubizo
12 June, by Igizeneza Jean DésiréIkibazo cy’udukoko tugira ubudahangarwa ku miti kizwi nka ‘Antimicrobial Resistance: AMR) gikomeje gufata indi ntera ari na ko gihitana ubuzima bwa benshi.
-
Imirwano yageze ku iherezo, abaturage barishimye: Tujyane i Goma (Amafoto na Video)
30 January 2025, by Philbert GirinemaGoma yo ku Cyumweru tariki 26 Mutarama 2025 n’iyo mu minsi itatu ikurikiyeho, watekereza ko ari uduce dutandukanye two mu bihugu bibiri binyuranye. Ni impamo kuko abari bayoboye Goma yo mu minsi mike ishize, si bo bayiyoboye cyane ko umutwe wa M23 wamaze kwigarurira uyu mujyi.
-
Imibare igaragaza ibibazo by’ingutu mu burezi bw’u Rwanda
16 June, by IGIHERaporo nshya y’isuzuma ry’imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, Learning Achievement in Rwandan Schools 2025, LARS 2025, igaragaza ko nubwo hari aho abanyeshuri bagaragaza iterambere, hari ibibazo bikomeye bikomeje kugira ingaruka ku ireme ry’uburezi, by’umwihariko mu gusoma no gusobanukirwa mu Cyongereza n’Imibare.
-
Sobanukirwa “Genocost”, igikoresho cya Tshisekedi mu gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi
20 June, by IGIHEMu myaka ya vuba, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwakajije ubukangurambaga bushingiye ku nyito ya “Genocost”, ijambo risobanurwa na Leta ya Kinshasa nka “Jenoside yakozwe ku mpamvu z’inyungu z’ubukungu” mu ntambara n’ubwicanyi ivuga ko byabereye ku butaka bwayo kuva mu myaka ya 1990.
-
‘MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ yasize ibyishimo i Huye mu gitaramo cyabimburiye ibindi (Amafoto)
20 June, by Eric Tony UkurikiyimfuraAbahanzi umunani bazasusurutsa abazitabira ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026” batangiriye urugendo rwabo i Huye, aho bataramiye abakunzi babo mu gitaramo cyari cyatumiwemo Nemeye Platini ‘Platini P’ wegukanye ‘Primus Guma Guma Super Star’ mu 2017.
IGIHE